•     

Umusaza mu bukwe yahaye inkoni umukwe we amutegeka ibice azajya akubita umukobwa we

Muri Kenya hakomeje kuvugwa inkuru yafashwe nk'idasanzwe ubwo umusaza yatanganga impano y'inkoni maze akayiha umukwe we akamubwira ko azajya ayikoresha akubita uwo mukobwa yamushyingiye.

Umusaza mu bukwe yahaye inkoni  umukwe we amutegeka ibice azajya  akubita umukobwa we
Umusaza mu bukwe yahaye inkoni umukwe we amutegeka ibice azajya akubita umukobwa we

Kumbuga nkoranyambaga hakomeje kugwirakwira video ndetse n'amafoto yo mubukwe, aho umusaza yahaye inkoni umukwe maze akamutegeka n'ibice agomba kujya akubita umukobwa we.

Muriyo video umusaza yagize ati" Urareba iyi nkoni yirabura? Natangira kuzana agasuzuguro uzajye uhita umukubita ahantu hose usibye mu mutwe".

Nyuma yokuvuga ayo magambo, abantu bari bitabiriye ubwo bukwe basetse arinako uwo musaza yahise ashyikiriza umukwe we.

Uwari umusangiza w'amagambo MC, yahise avuga ko iyo nkoni isobanuye ubutware, bityo ko utakoreshwa mu gukubita umugeni ahubwo ko bwari uburyo bwo gusetsa abitabiriye ubukwe.

Bagabo John

Umusaza mu bukwe yahaye inkoni umukwe we amutegeka ibice azajya akubita umukobwa we

Umusaza mu bukwe yahaye inkoni  umukwe we amutegeka ibice azajya  akubita umukobwa we
Umusaza mu bukwe yahaye inkoni umukwe we amutegeka ibice azajya akubita umukobwa we

Muri Kenya hakomeje kuvugwa inkuru yafashwe nk'idasanzwe ubwo umusaza yatanganga impano y'inkoni maze akayiha umukwe we akamubwira ko azajya ayikoresha akubita uwo mukobwa yamushyingiye.

Kumbuga nkoranyambaga hakomeje kugwirakwira video ndetse n'amafoto yo mubukwe, aho umusaza yahaye inkoni umukwe maze akamutegeka n'ibice agomba kujya akubita umukobwa we.

Muriyo video umusaza yagize ati" Urareba iyi nkoni yirabura? Natangira kuzana agasuzuguro uzajye uhita umukubita ahantu hose usibye mu mutwe".

Nyuma yokuvuga ayo magambo, abantu bari bitabiriye ubwo bukwe basetse arinako uwo musaza yahise ashyikiriza umukwe we.

Uwari umusangiza w'amagambo MC, yahise avuga ko iyo nkoni isobanuye ubutware, bityo ko utakoreshwa mu gukubita umugeni ahubwo ko bwari uburyo bwo gusetsa abitabiriye ubukwe.

Bagabo John