•     

Umuririmbyi w'injyana ya Hip Hop yagizwe umunyamabanga wa Minisitiri

Uwahoze ari umuririmbyi w'injyana ya Hip Hop akaza kuba umudepite muri Tanzania witwa Hamis Mohamed Mwinjuma, yagizwe umunyamabanga wa Minisitiri w'umuco, ubugeni na Siporo

Umuririmbyi w'injyana ya Hip Hop  yagizwe umunyamabanga wa Minisitiri
Yabaye umuhanzi w'injyana ya Hip Hop

Mu mavugurura Perezida wa Tanzania Samia Hassan Suluhu yakoze kuri uyu wa 26 Gashyantare 2023,  yagize Hon Hamis Mohamed Mwinjuma kuba umunyamabanga muri Minisiteri y'umuco, Ubugeni na Siporo

            Hon Hamis Mohammed

Asimbuye kuri uwo mwanya Pauline Gekul , wagiye kuba umunyamabanga ushinzwe Itegekonshinga n' Ubutabera.

Yabaye umuhanzi ukomeye w'injyana ya Hip Hop 

Mu matora yo muri 2020,  uyu Muhanzi Mohammed yaje gutsindira intebe yo kuba intumwa ya Rubanda ihagarariye agace kitwa Muheza, mu ntara ya Tanga,  aho yatsinze ku amajwi  47,578.

Bagabo John

Umuririmbyi w'injyana ya Hip Hop yagizwe umunyamabanga wa Minisitiri

Umuririmbyi w'injyana ya Hip Hop  yagizwe umunyamabanga wa Minisitiri
Yabaye umuhanzi w'injyana ya Hip Hop

Uwahoze ari umuririmbyi w'injyana ya Hip Hop akaza kuba umudepite muri Tanzania witwa Hamis Mohamed Mwinjuma, yagizwe umunyamabanga wa Minisitiri w'umuco, ubugeni na Siporo

Mu mavugurura Perezida wa Tanzania Samia Hassan Suluhu yakoze kuri uyu wa 26 Gashyantare 2023,  yagize Hon Hamis Mohamed Mwinjuma kuba umunyamabanga muri Minisiteri y'umuco, Ubugeni na Siporo

            Hon Hamis Mohammed

Asimbuye kuri uwo mwanya Pauline Gekul , wagiye kuba umunyamabanga ushinzwe Itegekonshinga n' Ubutabera.

Yabaye umuhanzi ukomeye w'injyana ya Hip Hop 

Mu matora yo muri 2020,  uyu Muhanzi Mohammed yaje gutsindira intebe yo kuba intumwa ya Rubanda ihagarariye agace kitwa Muheza, mu ntara ya Tanga,  aho yatsinze ku amajwi  47,578.

Bagabo John