•     

Iyobokamana

Ibiciro by'abifuza kuzuka muri 2040 byamaze kujya ahagaragara

Abifuza kuzuka muri 2040 bashyiriweho ibiciro aho umuntu azajya yishyura Miliyoni 400 z'amadorari kugirango uzabashye kuzurwa.

Umukozi w'Imana yasabye ko Amatorero yajya atanga imisoro

Umukozi w'Imana witwa Maina Njega, ukomoka muri Kenya, yavuze ko nkuko itorero ritabaho ridafite amaturo, ninako leta itabaho idafite...

Kubera gutinya Gupfa, Pasiteri yavuze ko atajya ashaka...

Umukozi w'Imana James Ng'ang'a, utuye muri Kenya. yavuze ko impamvu atajya ashaka kumenya Imana harimo nuko atinya ko yahita apfa...

Abakozi b'Imana bamaganye icyemezo cyafashwe cyo gusoresha...

Bamwe mu bakozi b'Imana bamaganye icyemezo cyafashwe n'intara ya Kisii, muri Kenya cyo kwishuza ibitaramo by'ivuga butumwa bikorwa...

Umugabo umaze ibyumeru bibiri akoze ubukwe yatangiye kuzinukwa

Umugabo utatangajwe amazina ye muri Tanzania, yatangaje ko amaze kuzinukwa n'urushako nyuma y'ibyumweru bibiri akoze ubukwe, ahita...

"Hari abisabira gukubitwa nkoni 100 kugirango bakiranuke,...

Mufti w’u Rwanda Sheikh Hitimana Salim, yatangaje ko hari bamwe mu ba Islam bisabira ko bakubitwa inkoni ijana mu gihe bishyingiye...

Pasiteri yanze umuntu wamuhaye ituro rya 500 avuga ko atavamo...

Kenya: Pasiteri yatunguye abantu ubwo yanganga umuntu wari utanze ituro rya 500 ngo amufashe gusengera umuryango we.

Minubumwe iramagana ibyakorewe Korari ya Badiventiste

Minisiteri y'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Uburere mboneragihugu ( Minubumwe) yatangaje ko nubwo itarabona amakuru ahagije ajyanye icyemezo...

"Niba utari umuyoboke wange nzaguca ibihumbi 10, Pasiteri"

Kenya: Pasiteri witwa John Kagecha yasangije abamukurukira ku mbuga nkoranyambaga ubutumwa buvuga ko umuntu utari umuyoboke we azajya...

Yesu yatangaje ko yugarijwe n'Ubukene

Kenya: Umukozi w'Imana uzwi nka Yesu wa Tongaren, yatangaje ko ubukene bu mumereye nabi aho ngo atunzwe n'amaturo angana 250 y'amashilingi...