•     

Umuryango wapfushije abana 3 umunsi umwe barozwe ukomeje gushavuza benshi

Abana batatu bavukana bapfiriye umunsi umwe barozwe, barijije imbaga nyamwinshi mu gihugu cya Uganda mu mpera z'icyumweru gishije nkuko dailymonitor ibitangaza

Umuryango wapfushije abana 3 umunsi umwe barozwe ukomeje gushavuza benshi
Nyuma yurupfu rw'aba bana habaye inama ikitaraganya ikangurira abantu kwirinda amakimbirane ashingiye ku butaka

Mu gihe hirya no hino bizihizaga iminsi mikuru isoza umwaka ndetse batangira umwaka mushya wa 2024, siko byari bimeze mu karere ka Kumi muri Uganda byumwihariko ku muryango wa  Tom omudu na Mary evelyn kuko byari amarira gusa nyuma yugupfusha abana 3 icyarimwe bazize uburozi.

Aba bana bapfuye harimo John Okodosi w'imyaka 9 na murumuna we w'imyaka 6 witwa olupot ndetse n'umuhererezi w'uyu muryango wari ufite imyaka 4 witwaga Ignatius Agodo nkuko byemejwe na muganga ukorera mu bitaro bya Mbale bwana Dr Barnabas Rubanza.

Urupfu rw'aba bana rwashavuje benshi harimo nabatuye muri aka karere nkuko byatangajwe n'umuyobozi wako bwana Julius Obakuli avuga ko byarozwe na sewabo bazira amakimbirane y'ubutaka kuko bari yaranzwe amufitiye inzika.

i'm seasoned journalist known for insightful reporting and dedication to uncovering the truth. With a passion for storytelling and a commitment to journalistic integrity, i have carved a name for myself as a prominent figure in the media landscape and covered a wide range of topics, from health and business to culture and social issues. i thorough research and in-depth interviews since 2016

Umuryango wapfushije abana 3 umunsi umwe barozwe ukomeje gushavuza benshi

Umuryango wapfushije abana 3 umunsi umwe barozwe ukomeje gushavuza benshi
Nyuma yurupfu rw'aba bana habaye inama ikitaraganya ikangurira abantu kwirinda amakimbirane ashingiye ku butaka

Abana batatu bavukana bapfiriye umunsi umwe barozwe, barijije imbaga nyamwinshi mu gihugu cya Uganda mu mpera z'icyumweru gishije nkuko dailymonitor ibitangaza

Mu gihe hirya no hino bizihizaga iminsi mikuru isoza umwaka ndetse batangira umwaka mushya wa 2024, siko byari bimeze mu karere ka Kumi muri Uganda byumwihariko ku muryango wa  Tom omudu na Mary evelyn kuko byari amarira gusa nyuma yugupfusha abana 3 icyarimwe bazize uburozi.

Aba bana bapfuye harimo John Okodosi w'imyaka 9 na murumuna we w'imyaka 6 witwa olupot ndetse n'umuhererezi w'uyu muryango wari ufite imyaka 4 witwaga Ignatius Agodo nkuko byemejwe na muganga ukorera mu bitaro bya Mbale bwana Dr Barnabas Rubanza.

Urupfu rw'aba bana rwashavuje benshi harimo nabatuye muri aka karere nkuko byatangajwe n'umuyobozi wako bwana Julius Obakuli avuga ko byarozwe na sewabo bazira amakimbirane y'ubutaka kuko bari yaranzwe amufitiye inzika.

i'm seasoned journalist known for insightful reporting and dedication to uncovering the truth. With a passion for storytelling and a commitment to journalistic integrity, i have carved a name for myself as a prominent figure in the media landscape and covered a wide range of topics, from health and business to culture and social issues. i thorough research and in-depth interviews since 2016