Inama y'Abaminisitiri yateranye yemeje ko Itegeko nshinga rivugururwa ndetse hanemezwa ko Paul Rusesabagina na Sankara bahawe imbabazi bagahita bafungurwa.

Imana y'Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 24 Werurwe 2023 iyobowe na Perezida wa Repubulika y'Urwanda Paul Kagame yemeje ko Itegeko Nshinga rigiye kuvugururwa kugirango ngo rihuzwe n'ingengabihe y'Amatora ya Perezida wa Repubulika.
Bagabo John