•     

Muguhashya Ruswa u Rwanda rwaje ku mwanya wa 41 mu bihugu 181 ku isi

Ubushakashatsi bwamuritswe n’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane bwagaragaje ko ,u Rwanda ruza ku mwanya wa 41 ku Isi n’amanota 57 %, ruvuye ku mwanya wa 43 rwariho mu 2025 n’amanota 58 %

Muguhashya Ruswa u Rwanda rwaje ku mwanya wa 41 mu bihugu 181 ku isi
Muguhashya Ruswa u Rwanda rwaje ku mwanya wa 41 mu bihugu 181 ku isi

Kuri uyu wa Kabiri, yariki ya 12 Gashyantare 2026 Umuryango urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda, TI-Rwanda (Transparency International Rwanda) wagiranye ikiganiro n’itangazamakuru aho werekanye raporo y’ubushakashatsi kuri ruswa mu mwaka wa 2025.

Ni ubushakashatsi bwakorewe mu bihugu 182, aho u Rwanda rwazamutseho imyanya ibiri rukaba ruri ku mwanya wa 41 n'amanota 58% ruvuye ku wa 43.

Ni mu gihe muri Afurika ruza ku mwanya wa gatatu aho rubanzirizwa na Cape Verde ifite 62% na Seychelles iza ku mwanya wa mbere n'amanota 68%.

Ku Isi Denmark niyo iyoboye urutonde rw'ibihugu bigaragaramo ruswa nke n'amanota 89.

Mu 2050, u Rwanda rwifuza kuzaba ruri ku mwanya wa mbere mu bihugu birwangwamo ruswa nke cyane nk'uko byatangajwe n'Umuvunyi Mukuru w'u Rwanda Nirere Madeleine.

Umuvunyi mukuru kandi yagaragaje ko hakiri imbogamizi mu mitangire ya Service ndetse ndetse no gutanga amakuru.

Bagabo John 

Muguhashya Ruswa u Rwanda rwaje ku mwanya wa 41 mu bihugu 181 ku isi

Muguhashya Ruswa u Rwanda rwaje ku mwanya wa 41 mu bihugu 181 ku isi
Muguhashya Ruswa u Rwanda rwaje ku mwanya wa 41 mu bihugu 181 ku isi

Ubushakashatsi bwamuritswe n’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane bwagaragaje ko ,u Rwanda ruza ku mwanya wa 41 ku Isi n’amanota 57 %, ruvuye ku mwanya wa 43 rwariho mu 2025 n’amanota 58 %

Kuri uyu wa Kabiri, yariki ya 12 Gashyantare 2026 Umuryango urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda, TI-Rwanda (Transparency International Rwanda) wagiranye ikiganiro n’itangazamakuru aho werekanye raporo y’ubushakashatsi kuri ruswa mu mwaka wa 2025.

Ni ubushakashatsi bwakorewe mu bihugu 182, aho u Rwanda rwazamutseho imyanya ibiri rukaba ruri ku mwanya wa 41 n'amanota 58% ruvuye ku wa 43.

Ni mu gihe muri Afurika ruza ku mwanya wa gatatu aho rubanzirizwa na Cape Verde ifite 62% na Seychelles iza ku mwanya wa mbere n'amanota 68%.

Ku Isi Denmark niyo iyoboye urutonde rw'ibihugu bigaragaramo ruswa nke n'amanota 89.

Mu 2050, u Rwanda rwifuza kuzaba ruri ku mwanya wa mbere mu bihugu birwangwamo ruswa nke cyane nk'uko byatangajwe n'Umuvunyi Mukuru w'u Rwanda Nirere Madeleine.

Umuvunyi mukuru kandi yagaragaje ko hakiri imbogamizi mu mitangire ya Service ndetse ndetse no gutanga amakuru.

Bagabo John