•     

Akadege gatwara amaraso kakoze impanuka gakubiswe n'inkuba

Akadege kazwi nka zipline ka kubiswe n'inkuba mu karere ka Ruhango karashwanyagurika

Akadege gatwara amaraso kakoze impanuka gakubiswe n'inkuba
Akadege gatwara amaraso kakoze impanuka

Amakuru Rubanda yawe n'umunyamabanga nshingwa bikorwa w'Umurenge wa Kinihira Umwiza Jeanne, yavuze ko ako kadege koze impanuka ubwo  kerekeza ku bitaro bya kirinda mu karere ka Karongi.

Kaguye ku mapoto y'insinga z'amashanyarazi

Ako kadege kaje gukorerera impanuka mu mudugudu wa muremure, akagari ka Gitinda  mu murenge wa Munihira    mu karere ka Ruhango

Icyateye iyo mpanuka, nuko hagwaga imvura ivanze n'imirabyo ndetse n'inkuba hanyuma inkuba ikubise ako kadege kahise kagwa ku mapoto y'inzinga z'amahanyarazi karashwanyagurika.

Kugeza ubwo twakoraga iyi inkuru ashinzwe ako adege bari bataragera ahabereye iyo mpanuka.

Bagabo John

Akadege gatwara amaraso kakoze impanuka gakubiswe n'inkuba

Akadege gatwara amaraso kakoze impanuka gakubiswe n'inkuba
Akadege gatwara amaraso kakoze impanuka

Akadege kazwi nka zipline ka kubiswe n'inkuba mu karere ka Ruhango karashwanyagurika

Amakuru Rubanda yawe n'umunyamabanga nshingwa bikorwa w'Umurenge wa Kinihira Umwiza Jeanne, yavuze ko ako kadege koze impanuka ubwo  kerekeza ku bitaro bya kirinda mu karere ka Karongi.

Kaguye ku mapoto y'insinga z'amashanyarazi

Ako kadege kaje gukorerera impanuka mu mudugudu wa muremure, akagari ka Gitinda  mu murenge wa Munihira    mu karere ka Ruhango

Icyateye iyo mpanuka, nuko hagwaga imvura ivanze n'imirabyo ndetse n'inkuba hanyuma inkuba ikubise ako kadege kahise kagwa ku mapoto y'inzinga z'amahanyarazi karashwanyagurika.

Kugeza ubwo twakoraga iyi inkuru ashinzwe ako adege bari bataragera ahabereye iyo mpanuka.

Bagabo John