Akadege kazwi nka zipline ka kubiswe n'inkuba mu karere ka Ruhango karashwanyagurika
Amakuru Rubanda yawe n'umunyamabanga nshingwa bikorwa w'Umurenge wa Kinihira Umwiza Jeanne, yavuze ko ako kadege koze impanuka ubwo kerekeza ku bitaro bya kirinda mu karere ka Karongi.
Kaguye ku mapoto y'insinga z'amashanyarazi
Ako kadege kaje gukorerera impanuka mu mudugudu wa muremure, akagari ka Gitinda mu murenge wa Munihira mu karere ka Ruhango
Icyateye iyo mpanuka, nuko hagwaga imvura ivanze n'imirabyo ndetse n'inkuba hanyuma inkuba ikubise ako kadege kahise kagwa ku mapoto y'inzinga z'amahanyarazi karashwanyagurika.
Kugeza ubwo twakoraga iyi inkuru ashinzwe ako adege bari bataragera ahabereye iyo mpanuka.
Bagabo John