•     

Yishe umukunzi we nawe ahita yimanika mu kagozi

Umusore witwa  Ndege Makebe, utuye mu karere ka Bunda mu ntara ya Mara muri Tanzania, yishe umukunzi we kubera ku mufuhira maze nawe ahita ajya mu mugozi arimanika ahasiga Ubuzima.

Yishe umukunzi we nawe ahita yimanika mu kagozi
Yishe umukunzi we nawe ahita yimanika mu kagozi

Amakuru yatangajwe n'umwe mu bayobozi mu nzego z'ibanze, yavuze ko ayo mabara yabaye kuri uyu wa Kane 1.t.2025 mu masaa ine zijoro.

Uwo muyobozi yavuze ko uwo musore wari usanzwe ari inshuti nuwo mu kobwa yishe,  ngo yamwishye amuteye ibyuma ku bice bitandukanye by'umubiri ava amaraso menshi ari nabyo byamuviriyemo kwitaba Imana.

 Uyu musore yishe Umukunzi we nawe ahita yimanika mu kagozi ahasiga ubuzima 

Nyuma yo gukora ayo mabara, yahise agenda nawe ahita yimanika mu kagozi  ahasiga ubuzima.

Umuyobozi wa Polisi mu Ntara ya Mara, Pius Lutumo yabwiye Umunyamakuru ko ari munzira agiye kureba ahabereye ayo mahano.

Intandaro yuwo musore wishe umukunzi we wari usanzwe ari n'umuganga ku kigo nderabuzima, biracyekwa ko byaba byaturutse ku gufuha.

Bagabo John

Yishe umukunzi we nawe ahita yimanika mu kagozi

Yishe umukunzi we nawe ahita yimanika mu kagozi
Yishe umukunzi we nawe ahita yimanika mu kagozi

Umusore witwa  Ndege Makebe, utuye mu karere ka Bunda mu ntara ya Mara muri Tanzania, yishe umukunzi we kubera ku mufuhira maze nawe ahita ajya mu mugozi arimanika ahasiga Ubuzima.

Amakuru yatangajwe n'umwe mu bayobozi mu nzego z'ibanze, yavuze ko ayo mabara yabaye kuri uyu wa Kane 1.t.2025 mu masaa ine zijoro.

Uwo muyobozi yavuze ko uwo musore wari usanzwe ari inshuti nuwo mu kobwa yishe,  ngo yamwishye amuteye ibyuma ku bice bitandukanye by'umubiri ava amaraso menshi ari nabyo byamuviriyemo kwitaba Imana.

 Uyu musore yishe Umukunzi we nawe ahita yimanika mu kagozi ahasiga ubuzima 

Nyuma yo gukora ayo mabara, yahise agenda nawe ahita yimanika mu kagozi  ahasiga ubuzima.

Umuyobozi wa Polisi mu Ntara ya Mara, Pius Lutumo yabwiye Umunyamakuru ko ari munzira agiye kureba ahabereye ayo mahano.

Intandaro yuwo musore wishe umukunzi we wari usanzwe ari n'umuganga ku kigo nderabuzima, biracyekwa ko byaba byaturutse ku gufuha.

Bagabo John