•     

Inzego z'umutekano zirahiga bukware abantu basahuye ibyo kurya mu imodoka yakoze Impanuka bagiye gushyingura.

Tanzania: Inzego z'umutekano ziriho zirahigisha uruhindu abantu basahuye ibyo kurya mu imodoka yakoze impanuka ku wagatandatu itwaye umurambo bagiye gushyingura.

Inzego z'umutekano zirahiga bukware abantu basahuye ibyo kurya mu imodoka yakoze Impanuka bagiye gushyingura.
Police irahiga bukware abantu basahuye imodoka imaze gukora impanuka

Umuyobozi w'Intara ya Tanga Omary Mgumba, yasabye umuyobozi wa Polisi muri iyo ntara guhiga no guta muriyombi abantu bose basahuye ibyo kurya mu modoka ikimara gukora impanuka.

Uyu mukuru w'intara Omary Mgumba, yavuze ibi kuri iki cyumweru tariki ya 5 Gashyantare 2023 ubwo basezeraga bwanyuma abantu 20 bitabye Imana nyuma y'impanuka y'imodoka yari itwaye umurambo ivuye Der- es Salaam bagiye gushyingura.

Abantu 20 nibo  bitabye Imana mu impanuka y'imodoka bagiye gushyingura.

Yagize ati" birababaje kubona abantu bakora impanuka aho kujya gutabara ngo urokore ubuzima ahubwo ugashishikarizwa no kujya gusahura ibyo kurya".

Yakomeje avuga ko inzego z'umutekano zikora ibishoboka byose abo bantu basahuye ibyo biryo bakagezwa imbere y'ubutabera.

Iyo modoka yakoze impanuka irimo umurambo, harimo n'ibyo kurya byari bwifashijwe mu gutekera abantu bari buze gushyingura.

Bagabo John

Inzego z'umutekano zirahiga bukware abantu basahuye ibyo kurya mu imodoka yakoze Impanuka bagiye gushyingura.

Inzego z'umutekano zirahiga bukware abantu basahuye ibyo kurya mu imodoka yakoze Impanuka bagiye gushyingura.
Police irahiga bukware abantu basahuye imodoka imaze gukora impanuka

Tanzania: Inzego z'umutekano ziriho zirahigisha uruhindu abantu basahuye ibyo kurya mu imodoka yakoze impanuka ku wagatandatu itwaye umurambo bagiye gushyingura.

Umuyobozi w'Intara ya Tanga Omary Mgumba, yasabye umuyobozi wa Polisi muri iyo ntara guhiga no guta muriyombi abantu bose basahuye ibyo kurya mu modoka ikimara gukora impanuka.

Uyu mukuru w'intara Omary Mgumba, yavuze ibi kuri iki cyumweru tariki ya 5 Gashyantare 2023 ubwo basezeraga bwanyuma abantu 20 bitabye Imana nyuma y'impanuka y'imodoka yari itwaye umurambo ivuye Der- es Salaam bagiye gushyingura.

Abantu 20 nibo  bitabye Imana mu impanuka y'imodoka bagiye gushyingura.

Yagize ati" birababaje kubona abantu bakora impanuka aho kujya gutabara ngo urokore ubuzima ahubwo ugashishikarizwa no kujya gusahura ibyo kurya".

Yakomeje avuga ko inzego z'umutekano zikora ibishoboka byose abo bantu basahuye ibyo biryo bakagezwa imbere y'ubutabera.

Iyo modoka yakoze impanuka irimo umurambo, harimo n'ibyo kurya byari bwifashijwe mu gutekera abantu bari buze gushyingura.

Bagabo John