•     

Umuhanuzi wavuze ko azapfa mu kwa kabiri, abaturage bavuze ko nadapfa bazamwiyicira

Muri Kenya hari Umuhanuzi witwa Ezekiel, watangaje ko azavapfa muri uku kwezi kwa kabiri 2026 nkuko Imana yabimubwiye.

Umuhanuzi wavuze ko azapfa mu kwa kabiri, abaturage bavuze ko nadapfa bazamwiyicira
Umuhanuzi witegura gupfa ngo igihe nikigera ntapfe abaturage ngo bazamwiyicira.

Uyu muhanuzi yavuze ko yahishuriwe n'Imana ko azayitaba muri uku kwezi kwa kabiri 2026, ngo izi nzozi zuko azapfa muri uku kwezi zirihafi gusohora kubera ko hasigaye ibyumweru bibiri kugirango  ngo yitabe  iyamuremye.

Nubwo uwo muhanuzi Ezekiel yatangaje ko azapfa muri uku kwezi kwa kabiri, abaturage  bavuze ko mu gihe ubwo buhanuzi bwa Ezekiel bwaramuka butabaye uku kwezi kwa kabiri ku karangira adapfuye,  ngo abo baturage  bazamwiyicira kugirango basoze ubwo buhabuzi.

Bagabo John

Umuhanuzi wavuze ko azapfa mu kwa kabiri, abaturage bavuze ko nadapfa bazamwiyicira

Umuhanuzi wavuze ko azapfa mu kwa kabiri, abaturage bavuze ko nadapfa bazamwiyicira
Umuhanuzi witegura gupfa ngo igihe nikigera ntapfe abaturage ngo bazamwiyicira.

Muri Kenya hari Umuhanuzi witwa Ezekiel, watangaje ko azavapfa muri uku kwezi kwa kabiri 2026 nkuko Imana yabimubwiye.

Uyu muhanuzi yavuze ko yahishuriwe n'Imana ko azayitaba muri uku kwezi kwa kabiri 2026, ngo izi nzozi zuko azapfa muri uku kwezi zirihafi gusohora kubera ko hasigaye ibyumweru bibiri kugirango  ngo yitabe  iyamuremye.

Nubwo uwo muhanuzi Ezekiel yatangaje ko azapfa muri uku kwezi kwa kabiri, abaturage  bavuze ko mu gihe ubwo buhanuzi bwa Ezekiel bwaramuka butabaye uku kwezi kwa kabiri ku karangira adapfuye,  ngo abo baturage  bazamwiyicira kugirango basoze ubwo buhabuzi.

Bagabo John