Muri Kenya hari Umuhanuzi witwa Ezekiel, watangaje ko azavapfa muri uku kwezi kwa kabiri 2026 nkuko Imana yabimubwiye.
Uyu muhanuzi yavuze ko yahishuriwe n'Imana ko azayitaba muri uku kwezi kwa kabiri 2026, ngo izi nzozi zuko azapfa muri uku kwezi zirihafi gusohora kubera ko hasigaye ibyumweru bibiri kugirango ngo yitabe iyamuremye.

Nubwo uwo muhanuzi Ezekiel yatangaje ko azapfa muri uku kwezi kwa kabiri, abaturage bavuze ko mu gihe ubwo buhanuzi bwa Ezekiel bwaramuka butabaye uku kwezi kwa kabiri ku karangira adapfuye, ngo abo baturage bazamwiyicira kugirango basoze ubwo buhabuzi.
Bagabo John
