•     

Musenyeri yasabye leta ko yamuha ikibari agasengera imvura ikagwa

Musenyiri uyoboye itorero ryitwa News for All Ministry, Gadi Charles wo muri Tanzania yasabye leta ku muha ikibari agasengera imvura kugira ngo igwe kuko amapfa ameze nabi

Musenyeri yasabye leta ko yamuha ikibari  agasengera imvura ikagwa
Musenyeri Gadi Charles yasabye leta ko yamuha ikibari agasengera imvura ikagwa

Ibi musenyeri Gadi Charles yabitangaje kuri uyu wa 4 Mutarama 2023  mu kiganiro yagiranye nabamwe mu bakozi bakorana umurimo w'imana ndetse n'itangazamakuru.

Yagize ati" ibi nabikora mu gihe leta yaba yampaye ikibari kinyemerera gukora amasengesho yo gusaba ko imvura igwa cyane ko muriyi minsi ibice byinshi by'igihugu byugarijwe n'amapfa bitewe no kubura imvura igihe kirekire".

Uyu Musenyeri yavuze ko bwaba ataribwo bwambere akoze ibitangaza byo gusenga imvura ikagwa kuko ngo yigeze kubikora arasenga imvura igwa arinyinshi mu gihugu nubwo atavuze niba nabwo yarabanje gusaba leta ikibari.

Musenyeri yakomoje kubantu ba mubaza ngo nasenga imvura ntigwe bizagenda bite? Ati" uko ntabwo ari ukwizera kuko imbere y'imana nta gushidikanya kubaho".

Uyu musenyeri kandi ngo uyu munsi nyuma yiyo nama hakurikiyeho gusengera ikirere cya Amerika ngo kuko kitameze neza.

Bagabo John

Musenyeri yasabye leta ko yamuha ikibari agasengera imvura ikagwa

Musenyeri yasabye leta ko yamuha ikibari  agasengera imvura ikagwa
Musenyeri Gadi Charles yasabye leta ko yamuha ikibari agasengera imvura ikagwa

Musenyiri uyoboye itorero ryitwa News for All Ministry, Gadi Charles wo muri Tanzania yasabye leta ku muha ikibari agasengera imvura kugira ngo igwe kuko amapfa ameze nabi

Ibi musenyeri Gadi Charles yabitangaje kuri uyu wa 4 Mutarama 2023  mu kiganiro yagiranye nabamwe mu bakozi bakorana umurimo w'imana ndetse n'itangazamakuru.

Yagize ati" ibi nabikora mu gihe leta yaba yampaye ikibari kinyemerera gukora amasengesho yo gusaba ko imvura igwa cyane ko muriyi minsi ibice byinshi by'igihugu byugarijwe n'amapfa bitewe no kubura imvura igihe kirekire".

Uyu Musenyeri yavuze ko bwaba ataribwo bwambere akoze ibitangaza byo gusenga imvura ikagwa kuko ngo yigeze kubikora arasenga imvura igwa arinyinshi mu gihugu nubwo atavuze niba nabwo yarabanje gusaba leta ikibari.

Musenyeri yakomoje kubantu ba mubaza ngo nasenga imvura ntigwe bizagenda bite? Ati" uko ntabwo ari ukwizera kuko imbere y'imana nta gushidikanya kubaho".

Uyu musenyeri kandi ngo uyu munsi nyuma yiyo nama hakurikiyeho gusengera ikirere cya Amerika ngo kuko kitameze neza.

Bagabo John