•     

Ubukwe bwapfuye nyuma yaho umukobwa abwiye Pasiteri ko yaryamanye n'umukunzi we

Kenya: Abageni biteguraga gukora ubukwe, batunguwe no kumva ko bwasubitswe nyuma yaho Pasiteri abwiwe n'umukobwa ko yaryamanye n'umukunzi we bashaka kurushinga

Ubukwe bwapfuye nyuma yaho umukobwa abwiye Pasiteri ko yaryamanye n'umukunzi we
Yasubkiwe ubukwe nyuma yuko abwiye ye Pasiteri ko yaryamanye n'umukunzi we

Intandaro y'isubikwa ry'ubu bukwe bwa gombaga kuba mukwezi kwa Nzeri uyu mwaka, byatewe nuko umukobwa yabwiye  Pasiteri bimwe bita ( Kwatura) ko mubihe bitandukanye yagiye akora imibonano mpuzabitsina n'umusore benda kurushinga.

Nyuma yokumva ubwo buhamya bw'uwo mukobwa avuga ko yaryamanye n'umukunzi we Kandi igihe kitaragera, aha niho Pasiteri yahereye afata icyemezo cyo gusubika ubwo bukwe kugeza mu kwezi kwa Mata muri 2024.

Uwo mukobwa asengera mu itorero ryitwa King's Glory Malindi.

Kugeza ubu ntabwo bariya bageni basubikiwe ubukwe baragira icyo batanzagaza niba bazategereza icyo gihe cyangwa bazahitamo kubana badasezeranye.

Bagabo John.

Ubukwe bwapfuye nyuma yaho umukobwa abwiye Pasiteri ko yaryamanye n'umukunzi we

Ubukwe bwapfuye nyuma yaho umukobwa abwiye Pasiteri ko yaryamanye n'umukunzi we
Yasubkiwe ubukwe nyuma yuko abwiye ye Pasiteri ko yaryamanye n'umukunzi we

Kenya: Abageni biteguraga gukora ubukwe, batunguwe no kumva ko bwasubitswe nyuma yaho Pasiteri abwiwe n'umukobwa ko yaryamanye n'umukunzi we bashaka kurushinga

Intandaro y'isubikwa ry'ubu bukwe bwa gombaga kuba mukwezi kwa Nzeri uyu mwaka, byatewe nuko umukobwa yabwiye  Pasiteri bimwe bita ( Kwatura) ko mubihe bitandukanye yagiye akora imibonano mpuzabitsina n'umusore benda kurushinga.

Nyuma yokumva ubwo buhamya bw'uwo mukobwa avuga ko yaryamanye n'umukunzi we Kandi igihe kitaragera, aha niho Pasiteri yahereye afata icyemezo cyo gusubika ubwo bukwe kugeza mu kwezi kwa Mata muri 2024.

Uwo mukobwa asengera mu itorero ryitwa King's Glory Malindi.

Kugeza ubu ntabwo bariya bageni basubikiwe ubukwe baragira icyo batanzagaza niba bazategereza icyo gihe cyangwa bazahitamo kubana badasezeranye.

Bagabo John.