•     

Padiri winjiye muri politike byeruye ntari kuvugwaho rumwe n'Abakirisitu Gaturika

Mu gihe benshi tumenyereye ko umuhamagaro w'Imana utajya wivanga muri politike, siko bimeze mu gihugu cya Benin aho umupadiri yiyemeje kwiyamamariza kuba guverineri wa leta ya Edo.

Padiri winjiye muri politike byeruye ntari kuvugwaho rumwe n'Abakirisitu Gaturika

Uyu mupadiri witwa Rev Andereya Obinyan usanzwe abarizwa muri kiriziya gatorika muri paruwase yitiriwe mutagatifu Francisco mu gihugu cya Benin, agiye kwiyamamariza Kuba guverineri wa leta ya Edo mu matora ateganyijwe umwaka utaha 2024 ndetse akaba yahize kuzakorera abaturage nka ntama wa nyagasani.

Ibi Obinyan yabitangaje ubwo yaganiraga n'abanyamakuru abagezaho uyu munshinga yishoyemo Kandi ko afite ikizere ko azabasha kuwutsinda dore ko nabayobozi be muri kiriziya bamushyigijiye.

Gusa nubwo Obinyan agiye kwiyamamaza yirinze gutangaza ishyaka rya politike azaba aherereyemo, ati" nubwo nemezako ari umuhamagaro wanjye ariko ni igitutu nashyizweho n'abaturage bampamagaraga umunsi ku wundi bansaba kwiyamamaza ngo mbayobore".

Akomeza agira ati yego ndi umupadiri ariko natojwe indangagaciro za kimuntu arinazo nzakoresha mbayobora Kandi nizeye ko nzatsinda amatora uko byagenda kose.

Iyinkuru ikimara kujya hanze abayoboke b'idini bakomeje kuvuga ko bidakwiye kuko yarahiriye kogeza ijambo ry'imana atagakwiye kuyobora kuko leta isaba ingufu zikomeye za gisivire ndetse n'amayeri menshi yuzuyemo kubeshya.

i'm seasoned journalist known for insightful reporting and dedication to uncovering the truth. With a passion for storytelling and a commitment to journalistic integrity, i have carved a name for myself as a prominent figure in the media landscape and covered a wide range of topics, from health and business to culture and social issues. i thorough research and in-depth interviews since 2016

Padiri winjiye muri politike byeruye ntari kuvugwaho rumwe n'Abakirisitu Gaturika

Padiri winjiye muri politike byeruye ntari kuvugwaho rumwe n'Abakirisitu Gaturika

Mu gihe benshi tumenyereye ko umuhamagaro w'Imana utajya wivanga muri politike, siko bimeze mu gihugu cya Benin aho umupadiri yiyemeje kwiyamamariza kuba guverineri wa leta ya Edo.

Uyu mupadiri witwa Rev Andereya Obinyan usanzwe abarizwa muri kiriziya gatorika muri paruwase yitiriwe mutagatifu Francisco mu gihugu cya Benin, agiye kwiyamamariza Kuba guverineri wa leta ya Edo mu matora ateganyijwe umwaka utaha 2024 ndetse akaba yahize kuzakorera abaturage nka ntama wa nyagasani.

Ibi Obinyan yabitangaje ubwo yaganiraga n'abanyamakuru abagezaho uyu munshinga yishoyemo Kandi ko afite ikizere ko azabasha kuwutsinda dore ko nabayobozi be muri kiriziya bamushyigijiye.

Gusa nubwo Obinyan agiye kwiyamamaza yirinze gutangaza ishyaka rya politike azaba aherereyemo, ati" nubwo nemezako ari umuhamagaro wanjye ariko ni igitutu nashyizweho n'abaturage bampamagaraga umunsi ku wundi bansaba kwiyamamaza ngo mbayobore".

Akomeza agira ati yego ndi umupadiri ariko natojwe indangagaciro za kimuntu arinazo nzakoresha mbayobora Kandi nizeye ko nzatsinda amatora uko byagenda kose.

Iyinkuru ikimara kujya hanze abayoboke b'idini bakomeje kuvuga ko bidakwiye kuko yarahiriye kogeza ijambo ry'imana atagakwiye kuyobora kuko leta isaba ingufu zikomeye za gisivire ndetse n'amayeri menshi yuzuyemo kubeshya.

i'm seasoned journalist known for insightful reporting and dedication to uncovering the truth. With a passion for storytelling and a commitment to journalistic integrity, i have carved a name for myself as a prominent figure in the media landscape and covered a wide range of topics, from health and business to culture and social issues. i thorough research and in-depth interviews since 2016