•     

Pasiteri Mwamposa yanyomoje ibikomeje kuvugwa kuri TB Joshua

Nyuma yaho ikinyamakuru BBC cyigaragaje ibyaha bitandukanye TB Joshua yakoreye intumwa ze babanaga umunsi ku wundi, birimo kubakorera iyicarubozo no gusambanya abagore kugeza ubwo bamwe muri bo batwise, bagakuramo inda., Umukozi w'Imana Pasiter Mwamposa yavuze ko abatanze ariya makuru byari ukumuharabika bitewe nuko bari barirukanywe mu itorero.

Pasiteri Mwamposa yanyomoje ibikomeje kuvugwa kuri TB Joshua
Pasiteri Mwamposa yanyomoje ibivugwa kuri Nyakwigendera TB Joshua

Nyuma yuko TB Joshua avuzweho gukora amabi kandi atakiriho ngo agire icyo abivugaho bitewe nuko yitabye Imana,  Pasiteri Mwamposa yavuze ko abantu batanze amakuru yuko Nyakwigendera TB Joshua yaba yarasambanyije abagore ndetse bamwe akabategeka gukuramo inda, biriya ababikoze ari bamwe mu bayoboke ba TB Joshua yirukanye mu itorero. 

Yagize ati" bariya bose bavuze biriya ntakuri kurimo kuko bari barirukanywe na TB Joshua mu itorero, iyo bashaka ku menya ukuri bari bubaze abana ba TB Joshua ".

Pasiteri Mwamposa yavuzeko ibyo bavuga kuri TB Joshua ari ibinyoma

Yakomeje avuga ko nkabantu azirukana mu itorero rye ryitwa Rise And Shine, ni bagera hanze bazavuga iki atari ukumuharabika gusa.

Ikindi uyu mukozi w'Imana yibaza impamvu ayo makuru agiye ahagaragara nyuma yuko TB Joshua amaze kwitaba Imana.

                 Nyakwigendera TB Joshua 

TB Joshua wafatwaga nk’umuhanuzi ukomeye ku mugabane wa Afurika,  aho uyu mugabo wayoboraga itorero SCOAN (Synagogue Church Of All Nations) rifite icyicaro gikuru muri Nigeria akomeje kuvugisha benshi, cyane bagaruka ku bitangaza yakoraga ko bitaribyo ndetse no kuba hari  abagore batanze ubuhamya bavuga ko yabafashe ku ngufu ndeste bamwe bagategekwa gukuramo inda.

Bagabo John

Pasiteri Mwamposa yanyomoje ibikomeje kuvugwa kuri TB Joshua

Pasiteri Mwamposa yanyomoje ibikomeje kuvugwa kuri TB Joshua
Pasiteri Mwamposa yanyomoje ibivugwa kuri Nyakwigendera TB Joshua

Nyuma yaho ikinyamakuru BBC cyigaragaje ibyaha bitandukanye TB Joshua yakoreye intumwa ze babanaga umunsi ku wundi, birimo kubakorera iyicarubozo no gusambanya abagore kugeza ubwo bamwe muri bo batwise, bagakuramo inda., Umukozi w'Imana Pasiter Mwamposa yavuze ko abatanze ariya makuru byari ukumuharabika bitewe nuko bari barirukanywe mu itorero.

Nyuma yuko TB Joshua avuzweho gukora amabi kandi atakiriho ngo agire icyo abivugaho bitewe nuko yitabye Imana,  Pasiteri Mwamposa yavuze ko abantu batanze amakuru yuko Nyakwigendera TB Joshua yaba yarasambanyije abagore ndetse bamwe akabategeka gukuramo inda, biriya ababikoze ari bamwe mu bayoboke ba TB Joshua yirukanye mu itorero. 

Yagize ati" bariya bose bavuze biriya ntakuri kurimo kuko bari barirukanywe na TB Joshua mu itorero, iyo bashaka ku menya ukuri bari bubaze abana ba TB Joshua ".

Pasiteri Mwamposa yavuzeko ibyo bavuga kuri TB Joshua ari ibinyoma

Yakomeje avuga ko nkabantu azirukana mu itorero rye ryitwa Rise And Shine, ni bagera hanze bazavuga iki atari ukumuharabika gusa.

Ikindi uyu mukozi w'Imana yibaza impamvu ayo makuru agiye ahagaragara nyuma yuko TB Joshua amaze kwitaba Imana.

                 Nyakwigendera TB Joshua 

TB Joshua wafatwaga nk’umuhanuzi ukomeye ku mugabane wa Afurika,  aho uyu mugabo wayoboraga itorero SCOAN (Synagogue Church Of All Nations) rifite icyicaro gikuru muri Nigeria akomeje kuvugisha benshi, cyane bagaruka ku bitangaza yakoraga ko bitaribyo ndetse no kuba hari  abagore batanze ubuhamya bavuga ko yabafashe ku ngufu ndeste bamwe bagategekwa gukuramo inda.

Bagabo John