Umupadiri muri Tanzania ucyekwaho gufata ku ngufu umunyeshuri ufite imyaka 16 wigaga mu mwaka wa kane w'amashuri yisumbuye akamutera inda yabaye ahagaritse gutura igitambo cyamisa kubera ko urubanza rwe rutara rangira.

Uyu mupadi icya akurikiranyweho yagikoze mu kwezi kwa gatatu 2020 muri Hoteli ya Snow View iherereye mu karere ka Hai.
Bitewe nuko uyu mupadiri yaburanaga adafunze, niyo mpamvu hafashwe icyemezo cyo kuba bamuhagaritse gutura igitambo cya Misa mu gihe urubanza rwe rutaracibwa ngo ahanwe cyangwa agirwe umwere.
Uwo munyeshuri yateye inda yamaze kubyara hanyuma hafatwa ibizamini by'umwana ngo harebwe niba koko uwo mwana ari uwa Padiri.
Bagabo John