•     

Abageni bombi bari Abapolisi bitabye Imana bagiye gushyingura

Abageni bari bamaze iminsi irindwi bakoze ubukwe bitabye Imana bazize impanuka y'imodoka ubwo bari bagiye gushyingura.

Abageni bombi bari Abapolisi bitabye Imana bagiye gushyingura
Abageni bitabye Imana bagiye gushyingura

Umugabo n'umugore  bo muri Tanzania bakoze ubukwe tariki ya 17 Ukuboza 2022, bitabye Imana  bajya gushyingura ahitwa Mbea, baje gukora impanuka y'imodoka ubwo bari mu modoka yaje kugongana n'indi bahita bahasiga 

Umuyobozi wa Police mu ntara ya Iringa witwa 
Allan Bukumbi, yemeje aya makuru avuga ko muri iriya mpanuka abantu batatu bahasize ubuzima  abandi babiri barakomereka ubu bakaba biho  bavurirwa mu bitaro bya Iringa. 

Amakuru avuga ko muri iyo mpanuka harimo umubyeyi wumwe muri banyakwigendera.

Bagabo John

Abageni bombi bari Abapolisi bitabye Imana bagiye gushyingura

Abageni bombi bari Abapolisi bitabye Imana bagiye gushyingura
Abageni bitabye Imana bagiye gushyingura

Abageni bari bamaze iminsi irindwi bakoze ubukwe bitabye Imana bazize impanuka y'imodoka ubwo bari bagiye gushyingura.

Umugabo n'umugore  bo muri Tanzania bakoze ubukwe tariki ya 17 Ukuboza 2022, bitabye Imana  bajya gushyingura ahitwa Mbea, baje gukora impanuka y'imodoka ubwo bari mu modoka yaje kugongana n'indi bahita bahasiga 

Umuyobozi wa Police mu ntara ya Iringa witwa 
Allan Bukumbi, yemeje aya makuru avuga ko muri iriya mpanuka abantu batatu bahasize ubuzima  abandi babiri barakomereka ubu bakaba biho  bavurirwa mu bitaro bya Iringa. 

Amakuru avuga ko muri iyo mpanuka harimo umubyeyi wumwe muri banyakwigendera.

Bagabo John