•     

ADEPR ntabwo iramenya niba Umugore wagaragaye asambana ari Umwizera wayo

Hari amafoto yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umugabo ariho yiha umubyizi, bikavugwa ko uwo mugore ari Umuyoboke w'itorero rya ADEPR usengera ahitwa Gahogo mu karere ka Muhanga.

ADEPR ntabwo iramenya niba Umugore wagaragaye asambana ari Umwizera wayo
Umushumba Mukuru wa ADEPR Ndayizeye Isaie ntabwo aramenya niba umugore wagaragaye asambana ari umuyoboke wabo.

Amakuru yavugaga ko uwo mugore asanzwe afite inshingano mu itorero zikomeye n'ubwo batavuze izo nshingano yakoraga.

Twashatse kumenya niba koko uwo mugore yaba ari Umwizera w'itorero rya ADEPR hanyuma mu kiganiro kigufi umunyamakuru wa Rubanda  yagiranye n'Umushumba mukuru wa ADEPR Pasiteri Ndayizeye isaie, yavuzeko ayo makuru atayazi ndetse nayo mafoto atarayabona

Ati" ntabwo ayo makuru nayamenye ndetse nayo mafoto ari kuri Twitter ntabwo ndayabona"

Biravugwa ko uwo mugabo wasambanaga nuwo mugore yafashe ayo mafoto mu ibanga rikomeye nyuma akaza kubwira uwo mugore ngo amuhe Miliyoni Imunani kugirango ayo mafoto atayashyira hanze, ariko uwo mugore ngo yarabyanze nibwo uwo mugabo yahise ayashyira ku mbuga nkoranyambaga harimo na Twitter. 

Yaba uwo mugabo ndetse nuwo mugore ntabwo higeze hamenyekana umwirondoro wabo, haba amazina ndetse naho batuye, usibye kuvuga ko umugore yasengeraga muri Gahogo mu mujyi wa Muhanga.

Bagabo John

ADEPR ntabwo iramenya niba Umugore wagaragaye asambana ari Umwizera wayo

ADEPR ntabwo iramenya niba Umugore wagaragaye asambana ari Umwizera wayo
Umushumba Mukuru wa ADEPR Ndayizeye Isaie ntabwo aramenya niba umugore wagaragaye asambana ari umuyoboke wabo.

Hari amafoto yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umugabo ariho yiha umubyizi, bikavugwa ko uwo mugore ari Umuyoboke w'itorero rya ADEPR usengera ahitwa Gahogo mu karere ka Muhanga.

Amakuru yavugaga ko uwo mugore asanzwe afite inshingano mu itorero zikomeye n'ubwo batavuze izo nshingano yakoraga.

Twashatse kumenya niba koko uwo mugore yaba ari Umwizera w'itorero rya ADEPR hanyuma mu kiganiro kigufi umunyamakuru wa Rubanda  yagiranye n'Umushumba mukuru wa ADEPR Pasiteri Ndayizeye isaie, yavuzeko ayo makuru atayazi ndetse nayo mafoto atarayabona

Ati" ntabwo ayo makuru nayamenye ndetse nayo mafoto ari kuri Twitter ntabwo ndayabona"

Biravugwa ko uwo mugabo wasambanaga nuwo mugore yafashe ayo mafoto mu ibanga rikomeye nyuma akaza kubwira uwo mugore ngo amuhe Miliyoni Imunani kugirango ayo mafoto atayashyira hanze, ariko uwo mugore ngo yarabyanze nibwo uwo mugabo yahise ayashyira ku mbuga nkoranyambaga harimo na Twitter. 

Yaba uwo mugabo ndetse nuwo mugore ntabwo higeze hamenyekana umwirondoro wabo, haba amazina ndetse naho batuye, usibye kuvuga ko umugore yasengeraga muri Gahogo mu mujyi wa Muhanga.

Bagabo John