•     

ADEPR: Pasiteri wishinganishije aho kurenganurwa bagiye kumwikiza..

Pasiteri Bizimana Vincent, ubarizwa mu itorero rya Ruvumera, Parowase ya Gahogo, Ururembo rwa Nyabisindu, aherutse kwishinganisha kubera itotezwa akorerwa n'Umushumba w'Ururembo rwa Nyabisindu, Nimuragire Jean Marie Vianney, kuri ubu hamaze gutegurwa itsinda ryabantu bazajya gukora Igenzura ( Audite) bagamije ku mugerekaho ibyaha ngo babone uko bamwikiza.

ADEPR: Pasiteri wishinganishije aho kurenganurwa bagiye kumwikiza..
Pasiteri Bizimana Vincent wanditse y'ishinganisha agiye gukorerwa Audite kugirango babone uko ba mwikiza

Amakuru ikinyamakuru Rubanda.rw cyahawe n'umwe mu bashumba ufite amakuru yizewe, nuko kuri uyu wambere tariki ya 25 Nzeri 2023, hari itsinda rizajya kugenzura uburyo yakoresheje umutungo w'Itorero bizwi nka Audite, ariko mu byukuri iyo audite izaba igambiriye kigirango bazamugerekeho ibyaha hanyuma babone uko bamwirukana.

Uwo mushumba ntabwo yifuje ko twakoresha imyirondoro ye mu itangazamakuru, yagize ati" Hamaze gutegurwa itsinda ryabantu bazajya gukora Audite kugira ngo babone uko bamwirukana mukazi."

Uyu mushumba yakomeje avuga ko uyu Pasiteri agiye kurenganywa nkuko nabandi bose bagiye bahagarikwa rimwe narimwe babeshyerwa ko haribyo bakoze nyamara ari impamvu zokugirango bamwikize  kuko nkumuntu wari wanditse yishinganisha  aho kurenganurwa ahubwo giye kwirukanwa.

Pasiteri Bizimana Vincent,  aherutse kwandika ibaruwa tariki ya 4 Nzeri y'ishinganisha aho yagaragazaga ko ariho akorerwa ihohoterwa n'Umushumba w'Ururembo rwa Nyabisindu, aho yavuga ko ageze kurugero rwaho atagishoboye kwihanganira iryo totezwa.

Twashatse kumenya niba Pasiteri Bizimana Vincent nawe yaba hari amakuru yamenye yuko ku wambere bazamukorera Audite ariko ntabwo byadukundiye ngo tubashe kuvugana.

Bagabo John

  • nana
    nana
    ariko umunsi umwe Mugabo azakore inkuru ivuga ku iterambere ry'umunyarwanda. uzi ko wagira ngo ni umunyamakuru ushinzwe igisata/urubuga rw'amatiku gusa
    8 months ago Reply  Like (0)

ADEPR: Pasiteri wishinganishije aho kurenganurwa bagiye kumwikiza..

ADEPR: Pasiteri wishinganishije aho kurenganurwa bagiye kumwikiza..
Pasiteri Bizimana Vincent wanditse y'ishinganisha agiye gukorerwa Audite kugirango babone uko ba mwikiza

Pasiteri Bizimana Vincent, ubarizwa mu itorero rya Ruvumera, Parowase ya Gahogo, Ururembo rwa Nyabisindu, aherutse kwishinganisha kubera itotezwa akorerwa n'Umushumba w'Ururembo rwa Nyabisindu, Nimuragire Jean Marie Vianney, kuri ubu hamaze gutegurwa itsinda ryabantu bazajya gukora Igenzura ( Audite) bagamije ku mugerekaho ibyaha ngo babone uko bamwikiza.

Amakuru ikinyamakuru Rubanda.rw cyahawe n'umwe mu bashumba ufite amakuru yizewe, nuko kuri uyu wambere tariki ya 25 Nzeri 2023, hari itsinda rizajya kugenzura uburyo yakoresheje umutungo w'Itorero bizwi nka Audite, ariko mu byukuri iyo audite izaba igambiriye kigirango bazamugerekeho ibyaha hanyuma babone uko bamwirukana.

Uwo mushumba ntabwo yifuje ko twakoresha imyirondoro ye mu itangazamakuru, yagize ati" Hamaze gutegurwa itsinda ryabantu bazajya gukora Audite kugira ngo babone uko bamwirukana mukazi."

Uyu mushumba yakomeje avuga ko uyu Pasiteri agiye kurenganywa nkuko nabandi bose bagiye bahagarikwa rimwe narimwe babeshyerwa ko haribyo bakoze nyamara ari impamvu zokugirango bamwikize  kuko nkumuntu wari wanditse yishinganisha  aho kurenganurwa ahubwo giye kwirukanwa.

Pasiteri Bizimana Vincent,  aherutse kwandika ibaruwa tariki ya 4 Nzeri y'ishinganisha aho yagaragazaga ko ariho akorerwa ihohoterwa n'Umushumba w'Ururembo rwa Nyabisindu, aho yavuga ko ageze kurugero rwaho atagishoboye kwihanganira iryo totezwa.

Twashatse kumenya niba Pasiteri Bizimana Vincent nawe yaba hari amakuru yamenye yuko ku wambere bazamukorera Audite ariko ntabwo byadukundiye ngo tubashe kuvugana.

Bagabo John

  • nana
    nana
    ariko umunsi umwe Mugabo azakore inkuru ivuga ku iterambere ry'umunyarwanda. uzi ko wagira ngo ni umunyamakuru ushinzwe igisata/urubuga rw'amatiku gusa
    8 months ago Reply  Like (0)