•     

Umukozi w'Imana yavuze ko umugabo udafite amafaranga adakwiriye ku bahwa n'umugore we

Umupasiteri witwa Daniel Mgongo guturuka muri Tanzania, yabwiye abagabo ko niba bashaka ku bahwa n'abagore babo bagomba gushaka amafaranga kuko umugabo udafite amafaranga adakwiye ku bahwa n'umugore

Umukozi w'Imana yavuze ko umugabo udafite amafaranga adakwiriye ku bahwa n'umugore we
Pasiteri yavuze ko umugabo udafite amafaranga adakwiriye ku bahwa

Uyu mukozi w'Imana yagize ati" niba ntamafaranga ufite uri umugabo tuza, rimwe narimwe wumva umugabo ataka ngo, umugore wanjye nta nyubaha, ntampa agaciro, ninde wababwiye ko umucyene yubahwa? niba ushaka kubahwa banza ushake amafaranga."

Pasiteri Daniel  Mgongo

Uyu mukozi w'Imana  nyuma yo gutangaza ayo magambo, abagore bagiye ku mbunga nkoranyambaga maze bavuga ko ibyo Pasiteri yavuze ari ukuri kuko kuri ubu ntacubu cubusa.

Uyu Daniel yakomeje avuga ko usibye n'umugore ngo n'umwana ntabwo yakwita Papa mugihe uta tanze iposho cyangwa ngo utange amafaranga yishuri. 

Bagabo John

Umukozi w'Imana yavuze ko umugabo udafite amafaranga adakwiriye ku bahwa n'umugore we

Umukozi w'Imana yavuze ko umugabo udafite amafaranga adakwiriye ku bahwa n'umugore we
Pasiteri yavuze ko umugabo udafite amafaranga adakwiriye ku bahwa

Umupasiteri witwa Daniel Mgongo guturuka muri Tanzania, yabwiye abagabo ko niba bashaka ku bahwa n'abagore babo bagomba gushaka amafaranga kuko umugabo udafite amafaranga adakwiye ku bahwa n'umugore

Uyu mukozi w'Imana yagize ati" niba ntamafaranga ufite uri umugabo tuza, rimwe narimwe wumva umugabo ataka ngo, umugore wanjye nta nyubaha, ntampa agaciro, ninde wababwiye ko umucyene yubahwa? niba ushaka kubahwa banza ushake amafaranga."

Pasiteri Daniel  Mgongo

Uyu mukozi w'Imana  nyuma yo gutangaza ayo magambo, abagore bagiye ku mbunga nkoranyambaga maze bavuga ko ibyo Pasiteri yavuze ari ukuri kuko kuri ubu ntacubu cubusa.

Uyu Daniel yakomeje avuga ko usibye n'umugore ngo n'umwana ntabwo yakwita Papa mugihe uta tanze iposho cyangwa ngo utange amafaranga yishuri. 

Bagabo John