•     

Burkina Faso yabujije abacamanza kwambara ingofero zambarwaga n'abakoroni mu rukiko

Perezida wa Burkina Faso, Ibrahim Traoré, yabujije abacamanza kwambara ingofero zakoreshagwa n’abakoroni b’Ubwongereza n’Ubufaransa, mu rwego rwo gukuraho ingaruka z’ubukoroni ku butabera bw’igihugu.

Burkina Faso yabujije  abacamanza kwambara ingofero zambarwaga n'abakoroni  mu rukiko
Abacamanza babijijwe kwambara ingofero za koreshwagwa n'abakoroni

Mu itangazo rye, Perezida Traoré yashimangiye akamaro ko kureka imigenzo ya gikoroni ahubwo akemera imigenzo y’igihugu no guteza imbere umuco w’igihugu cya Burkina Faso, kubera ko ingofero yo mu gihe cyabakoroni yagaragaye nkikimenyetso cy’amahanga mu migenzereze y'Afirika.

Izi ngofero  zatangijwe n’abakoroni mu rwego rw’imyambarire y’urukiko kugira ngo agaragaze ubutware, umutekano, n'icyubahiro kandi nyuma y’ubukoroni burangiye, ibihugu bimwe na bimwe bya Afurika byakomeje gukoresha izo ngofero  mu mategeko yabo.

Bagabo John

Burkina Faso yabujije abacamanza kwambara ingofero zambarwaga n'abakoroni mu rukiko

Burkina Faso yabujije  abacamanza kwambara ingofero zambarwaga n'abakoroni  mu rukiko
Abacamanza babijijwe kwambara ingofero za koreshwagwa n'abakoroni

Perezida wa Burkina Faso, Ibrahim Traoré, yabujije abacamanza kwambara ingofero zakoreshagwa n’abakoroni b’Ubwongereza n’Ubufaransa, mu rwego rwo gukuraho ingaruka z’ubukoroni ku butabera bw’igihugu.

Mu itangazo rye, Perezida Traoré yashimangiye akamaro ko kureka imigenzo ya gikoroni ahubwo akemera imigenzo y’igihugu no guteza imbere umuco w’igihugu cya Burkina Faso, kubera ko ingofero yo mu gihe cyabakoroni yagaragaye nkikimenyetso cy’amahanga mu migenzereze y'Afirika.

Izi ngofero  zatangijwe n’abakoroni mu rwego rw’imyambarire y’urukiko kugira ngo agaragaze ubutware, umutekano, n'icyubahiro kandi nyuma y’ubukoroni burangiye, ibihugu bimwe na bimwe bya Afurika byakomeje gukoresha izo ngofero  mu mategeko yabo.

Bagabo John