•     

Kenya: Pasiteri yirukanye inkumi mu rusengero wari wambaye Mini, amubwira ko aba yaje ku murangaza

Pasiteri witwa Ezekiel Odero, ubwo yari mu materaniro kuri iki cyumweru tariki ya 3 Werurwe 2024, yirukanye mu rusengero inkumi yari yaje yambaye impenure zizwi nka Mini, maze amusaba kujya guhindura iyo jipo kuko ngo yaje ku murangaza.

Kenya: Pasiteri yirukanye inkumi mu rusengero wari wambaye Mini, amubwira ko aba yaje ku murangaza
Pasiteri yirukanye inkumi mu rusengero yari yaje yambaye impenure

Nyuma yaho hasohokeye video ndetse n'amashusho yerekana Pasiteri Ezekiel Odero asohora uwo mukobwa mu rusengero ngo ajye guhindura imyenda bitewe nuko ngo yaje ku murangaza.

Abakoresha imbuga nkoranyambaga bahise bibaza niba uwo Pasiteri aba yaje kwigisha ijambo ry'Imana cyangwa niba nawe aba yaje kurangarira izo nkumi.

Ni mugihe hari abavuze ko abapasiteri bari mubantu bambere baciraho iteka urubanza abayoboke babo aho kubafasha.

Uwo mukobwa yahise asohoka arataha, gusa ntayandi makuru avuga ko yaba yahinduye imyenda akagaruka cyangwa se niba yahise agumayo.

Bagabo John

Kenya: Pasiteri yirukanye inkumi mu rusengero wari wambaye Mini, amubwira ko aba yaje ku murangaza

Kenya: Pasiteri yirukanye inkumi mu rusengero wari wambaye Mini, amubwira ko aba yaje ku murangaza
Pasiteri yirukanye inkumi mu rusengero yari yaje yambaye impenure

Pasiteri witwa Ezekiel Odero, ubwo yari mu materaniro kuri iki cyumweru tariki ya 3 Werurwe 2024, yirukanye mu rusengero inkumi yari yaje yambaye impenure zizwi nka Mini, maze amusaba kujya guhindura iyo jipo kuko ngo yaje ku murangaza.

Nyuma yaho hasohokeye video ndetse n'amashusho yerekana Pasiteri Ezekiel Odero asohora uwo mukobwa mu rusengero ngo ajye guhindura imyenda bitewe nuko ngo yaje ku murangaza.

Abakoresha imbuga nkoranyambaga bahise bibaza niba uwo Pasiteri aba yaje kwigisha ijambo ry'Imana cyangwa niba nawe aba yaje kurangarira izo nkumi.

Ni mugihe hari abavuze ko abapasiteri bari mubantu bambere baciraho iteka urubanza abayoboke babo aho kubafasha.

Uwo mukobwa yahise asohoka arataha, gusa ntayandi makuru avuga ko yaba yahinduye imyenda akagaruka cyangwa se niba yahise agumayo.

Bagabo John