Umusaza witwa Boniface Muhandia yavuye mu gace kiwabo kitwa Eshisari, mu ntara ya Kakamega mu 1965 asiga umugore n'abana babiri, barashakisha baraheba bari bazi ko yitabye Imana.
Boniface yavuye murugo afite inyaka 39 yagarutse afite imyaka 99. Kuko yari yaravutse 1926
Akigera murugo yavuze ko yabaye Uganda iyo myaka yose ashakisha imibereho, ariko ngo ubuzima bwakomeje kwanga ahitamo kugaruka mu gihugu.

Uwo musaza yatashye arikumwe n'abana bane babiri harimo abakobwa babiri n'abahungu babiri.
Boniface yasanze umugore we yaritabye Imana n'abana babiri yasize.
Bagabo John
