•     

RIB yampamagaye ndiho nihagarika mpita ndekura igitsina- Fabrice

Fabrice Byiringiro uherutse kugaragara mu mashusho ya kwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga akubita umwana we ngo arebe igihe ari bukoreshe aceceka, yavuze ko ibyo bikimara kuba RIB yamuhamagaye ariho yihagarika ahita arekura igitsina gikomeza kwihagarika kiri mu ipantaro kubera ubwoba.

RIB yampamagaye ndiho nihagarika mpita ndekura igitsina- Fabrice
RIB yampamagaye ndiho nihagarika mpita ndekura igitsina- Fabrice

Mu kiganiro yagiranye n'umuyoboro wa YouTube wa Chita Magic  rubanda tukesha iyi nkuru,  yavuze ko ubwo yariho akora video yo gushyira kuri Tiktok, ngo umwana yaraguye atangira kurira maze aramuhoza ako kanya ahita aceceke, nyuma ngo nibwo yigiriye inama yuko yahita amushyira kuri Kamera maze ngo arebe igihe biri butware  umwana aceceke,  nibwo yahise amukubita urushyi ku kaboko umwana atangira kurira agerageza ku muhoza ariko biba ibyubusa umwana akomeza kuriracyane.

Fabrice yasobanuye ko akimara gushyira iyo video kuri Ticktok, Instagram na Facebook, ngo yahise abona  ubutumwa bwabantu batatundukanye bamu bwira ko ibyo yakoze ari uguhohotera umwana, maze nawe ahita yongera kwitegereza iyo video  abona biteye ubwoba ahita abisiba ndetse ahita akora indi video asaba imbabazi abanyarwanda babonye iriya video avuga ko yakoze video mbi cyane igayitse itashimisha buri mu byeyi wese. 

Nyuma yakanya gato yahise ajya kwihagarika, maze akimara gufungura risani ngo yihagarike,  ahita ahamagarwa n'Umuvugizi w'urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB,  Dr Murangira Thierry.

Ati" Narimaze kuvugana n'umuntu bisanzwe ngiye kwihagarika  Umuvugizi wa RIB Dr Murangira Thierry arampamagara  mpita  ngira ubwoba kuburyo narekuye igitsina cyange maze ntangira kwihagarika mu ipantaro".

Nyuma yaho yitabye RIB, ngo bamugiriye inama zuburyo ya kwitwara mu gihe akora ibiganiro nkabiriya by'umwihariko kutongera gushyira umwana ku mbuga nkoranyambaga.

Fabrice Byiringiro yasabye imbabazi Abanyarwanda bababajwe na Video yashyize hanze akubita umwana we ngo arebe igihe aribumare kugirango aceceke.

Mu gosoza icyo kiganiro,  Fabrice yasabye Imbazi abanyarwanda bose babajwe niriya video, avuga ko atazongera ukundi, ndetse anashimira na RIB yamuhaye andi mahirwe yo gukomeza gukora akazi ke ariko atabikoreyemo ibigize ibyaha.

Bagabo John

RIB yampamagaye ndiho nihagarika mpita ndekura igitsina- Fabrice

RIB yampamagaye ndiho nihagarika mpita ndekura igitsina- Fabrice
RIB yampamagaye ndiho nihagarika mpita ndekura igitsina- Fabrice

Fabrice Byiringiro uherutse kugaragara mu mashusho ya kwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga akubita umwana we ngo arebe igihe ari bukoreshe aceceka, yavuze ko ibyo bikimara kuba RIB yamuhamagaye ariho yihagarika ahita arekura igitsina gikomeza kwihagarika kiri mu ipantaro kubera ubwoba.

Mu kiganiro yagiranye n'umuyoboro wa YouTube wa Chita Magic  rubanda tukesha iyi nkuru,  yavuze ko ubwo yariho akora video yo gushyira kuri Tiktok, ngo umwana yaraguye atangira kurira maze aramuhoza ako kanya ahita aceceke, nyuma ngo nibwo yigiriye inama yuko yahita amushyira kuri Kamera maze ngo arebe igihe biri butware  umwana aceceke,  nibwo yahise amukubita urushyi ku kaboko umwana atangira kurira agerageza ku muhoza ariko biba ibyubusa umwana akomeza kuriracyane.

Fabrice yasobanuye ko akimara gushyira iyo video kuri Ticktok, Instagram na Facebook, ngo yahise abona  ubutumwa bwabantu batatundukanye bamu bwira ko ibyo yakoze ari uguhohotera umwana, maze nawe ahita yongera kwitegereza iyo video  abona biteye ubwoba ahita abisiba ndetse ahita akora indi video asaba imbabazi abanyarwanda babonye iriya video avuga ko yakoze video mbi cyane igayitse itashimisha buri mu byeyi wese. 

Nyuma yakanya gato yahise ajya kwihagarika, maze akimara gufungura risani ngo yihagarike,  ahita ahamagarwa n'Umuvugizi w'urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB,  Dr Murangira Thierry.

Ati" Narimaze kuvugana n'umuntu bisanzwe ngiye kwihagarika  Umuvugizi wa RIB Dr Murangira Thierry arampamagara  mpita  ngira ubwoba kuburyo narekuye igitsina cyange maze ntangira kwihagarika mu ipantaro".

Nyuma yaho yitabye RIB, ngo bamugiriye inama zuburyo ya kwitwara mu gihe akora ibiganiro nkabiriya by'umwihariko kutongera gushyira umwana ku mbuga nkoranyambaga.

Fabrice Byiringiro yasabye imbabazi Abanyarwanda bababajwe na Video yashyize hanze akubita umwana we ngo arebe igihe aribumare kugirango aceceke.

Mu gosoza icyo kiganiro,  Fabrice yasabye Imbazi abanyarwanda bose babajwe niriya video, avuga ko atazongera ukundi, ndetse anashimira na RIB yamuhaye andi mahirwe yo gukomeza gukora akazi ke ariko atabikoreyemo ibigize ibyaha.

Bagabo John