•     

Yakubiswe inkoni 280 azira gutuka nyina ahita yitaba Imana.

Umusore witwa Nelson Mollel w'imyaka 32 utuye mu ntara ya Arusha muri Tanzania yakubiswe inkoni 280 azira gutuka nyina bimuviramo kwitaba Imana.

Yakubiswe inkoni 280 azira gutuka nyina  ahita yitaba Imana.
Nyina wa Nyakwigendera yababajwe n'ibihano byahwe umuhungu we kuburyo byamuviriyemo urupfu.

Amakuru avuga ko uwo musore yatutse nyina umubyara ibitutsi byo mu myanya y'ibanga hanyuma nyina amuregera mu kuru we.

Uyu mukuru wa nyakwigendera yahise amutwara mu ishyamba atangira ku mukubita afatanyije n'abandi basore  ba mukubita inkoni 280 kugeza apfuye.

Nyina yatangarije ikinyamakuru Mwananchi  ko umuhungu we ya koze amakosa ara mutuka ariko ngo ntabwo aba yahanwe kuburyo byamuviramo urupfu.

Mushiki ya nyakwigendera yababajwe cyane y'urupfu rwa musaza we avuga ko inkoni yakubiswe zirenze umubare wizo yagombaga guhanishwa.

Ati' ubundi mu bihano yahawe byaribyo nkuko umuco wacu w'abamasayi ubigena, ariko ba mukubise inkoni nyinshi kuko yagombaga gukubitwa inkoni 70 birangira ba mukubise inkoni 280".

Mu muco wo mu bwoko bw'abamasayi iyo umuntu atutse umubyeyi cyangwa yambaye imyenda iteye isoni ndetse no kunywa ibiyobyabwenge ahanishwa mu ruhame gukubitwa inkoni 70.

Umuyobozi wa Polisi mu ntara ya Arusha Justine Masejo ntabwo yigeze aboneka ku murongo wa telephone nkuko Mwananchi yabitangaje.

Bagabo John

Yakubiswe inkoni 280 azira gutuka nyina ahita yitaba Imana.

Yakubiswe inkoni 280 azira gutuka nyina  ahita yitaba Imana.
Nyina wa Nyakwigendera yababajwe n'ibihano byahwe umuhungu we kuburyo byamuviriyemo urupfu.

Umusore witwa Nelson Mollel w'imyaka 32 utuye mu ntara ya Arusha muri Tanzania yakubiswe inkoni 280 azira gutuka nyina bimuviramo kwitaba Imana.

Amakuru avuga ko uwo musore yatutse nyina umubyara ibitutsi byo mu myanya y'ibanga hanyuma nyina amuregera mu kuru we.

Uyu mukuru wa nyakwigendera yahise amutwara mu ishyamba atangira ku mukubita afatanyije n'abandi basore  ba mukubita inkoni 280 kugeza apfuye.

Nyina yatangarije ikinyamakuru Mwananchi  ko umuhungu we ya koze amakosa ara mutuka ariko ngo ntabwo aba yahanwe kuburyo byamuviramo urupfu.

Mushiki ya nyakwigendera yababajwe cyane y'urupfu rwa musaza we avuga ko inkoni yakubiswe zirenze umubare wizo yagombaga guhanishwa.

Ati' ubundi mu bihano yahawe byaribyo nkuko umuco wacu w'abamasayi ubigena, ariko ba mukubise inkoni nyinshi kuko yagombaga gukubitwa inkoni 70 birangira ba mukubise inkoni 280".

Mu muco wo mu bwoko bw'abamasayi iyo umuntu atutse umubyeyi cyangwa yambaye imyenda iteye isoni ndetse no kunywa ibiyobyabwenge ahanishwa mu ruhame gukubitwa inkoni 70.

Umuyobozi wa Polisi mu ntara ya Arusha Justine Masejo ntabwo yigeze aboneka ku murongo wa telephone nkuko Mwananchi yabitangaje.

Bagabo John