•     

Kubera Korona Perezida Museveni ntabwo yagiye mu Burusiya

Kuri uyu wagatatu Perezida Museveni yongeye gukorerwa ibipimo basanga agifite Covid-19 bituma yohereza intumwa ku muhagararira mu Burusiya

Kubera Korona Perezida Museveni ntabwo yagiye mu Burusiya
Perezida Museveni ntabwo ari bwitabire inama mu burusiya

Perezida Museveni yavuzeko kuri uyu wakane yagomba kwerekeza  mu burusiya hamwe n'abandi bakuru bibihugu batandantu mu biganiro bigaruka ku intambara hagati y'uburusiya ndetse na Ukraine.

Yagize ati" kuri uyu wakane nagomba kujya mu Burusiya ariko kubera ko bansuzumye bagasanga ngifite Corona, nohereje Dr Rugunda kugira ngo aduhagararire muri iyo nama irebera hamwe ibibazo by'intambara ihanganishije uburusiya na Ukraine ".

Gusa nubwo yavuze ko atari bujye muri iyo nama, Museveni yavuze ko aribuze kugeza ijambo ku baturage yifashishije ikoranabuhanga ubwo mu inteko ishinga amategeko iribuze gutangaza ingengo y'imari ya leta kuri uyu wa Kane ku gicamunsi.

Kuri uyu wagatatu Perezida Museveni yari yatunze agatoki igihugu cya Kenya kuba aricyo kirirwa gitangaza ibihuha ku buzima bwe kivuga ko ari mu cyumba ki ndembe kizwi nka IUC

Bagabo John

Kubera Korona Perezida Museveni ntabwo yagiye mu Burusiya

Kubera Korona Perezida Museveni ntabwo yagiye mu Burusiya
Perezida Museveni ntabwo ari bwitabire inama mu burusiya

Kuri uyu wagatatu Perezida Museveni yongeye gukorerwa ibipimo basanga agifite Covid-19 bituma yohereza intumwa ku muhagararira mu Burusiya

Perezida Museveni yavuzeko kuri uyu wakane yagomba kwerekeza  mu burusiya hamwe n'abandi bakuru bibihugu batandantu mu biganiro bigaruka ku intambara hagati y'uburusiya ndetse na Ukraine.

Yagize ati" kuri uyu wakane nagomba kujya mu Burusiya ariko kubera ko bansuzumye bagasanga ngifite Corona, nohereje Dr Rugunda kugira ngo aduhagararire muri iyo nama irebera hamwe ibibazo by'intambara ihanganishije uburusiya na Ukraine ".

Gusa nubwo yavuze ko atari bujye muri iyo nama, Museveni yavuze ko aribuze kugeza ijambo ku baturage yifashishije ikoranabuhanga ubwo mu inteko ishinga amategeko iribuze gutangaza ingengo y'imari ya leta kuri uyu wa Kane ku gicamunsi.

Kuri uyu wagatatu Perezida Museveni yari yatunze agatoki igihugu cya Kenya kuba aricyo kirirwa gitangaza ibihuha ku buzima bwe kivuga ko ari mu cyumba ki ndembe kizwi nka IUC

Bagabo John