•     

Sheikh yavuze ko gufatira umurambo kwa muganga ari intege nke zaleta

Sheik Ponda Issa ubarizwa mu ishyaka ACT Wazalendo ritavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Samia, yavuze ko kuba hari ibitaro bifatira umurambo ari intege nke z'ubutegetsi.

Sheikh yavuze ko gufatira umurambo kwa muganga ari intege nke zaleta
Sheikh yaneze Leta ya Tanzania asaba ko yavaho ku neza ya Rubanda

Sheik Ponda yamaganye ibitaro bifatira umurambo kubera umwenda nyakwigendera  maze avuga   ko ari ikimenyetso cy'ubutegetsi kunanirwa kuyobora igihugu.

Sheik Ponda Usibye kuba yanenze  ibitaro bifatira umurambo kubera ubwishyu, yanagarutse ku bantu bakomeje kwicwa ndetse no kuburirwa irengero avuga ko nabyo ari ukunanirwa kuyobora igihugu bityo ko ahobigeze Leta ikwiye kuvano ku ineza ya Rubanda. 

Ibi Sheik Ponda yabigarutseho ubwo bari mu nama y'ishyaka yabereye ku kibuga cya Bakhres.

Bagabo John

Sheikh yavuze ko gufatira umurambo kwa muganga ari intege nke zaleta

Sheikh yavuze ko gufatira umurambo kwa muganga ari intege nke zaleta
Sheikh yaneze Leta ya Tanzania asaba ko yavaho ku neza ya Rubanda

Sheik Ponda Issa ubarizwa mu ishyaka ACT Wazalendo ritavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Samia, yavuze ko kuba hari ibitaro bifatira umurambo ari intege nke z'ubutegetsi.

Sheik Ponda yamaganye ibitaro bifatira umurambo kubera umwenda nyakwigendera  maze avuga   ko ari ikimenyetso cy'ubutegetsi kunanirwa kuyobora igihugu.

Sheik Ponda Usibye kuba yanenze  ibitaro bifatira umurambo kubera ubwishyu, yanagarutse ku bantu bakomeje kwicwa ndetse no kuburirwa irengero avuga ko nabyo ari ukunanirwa kuyobora igihugu bityo ko ahobigeze Leta ikwiye kuvano ku ineza ya Rubanda. 

Ibi Sheik Ponda yabigarutseho ubwo bari mu nama y'ishyaka yabereye ku kibuga cya Bakhres.

Bagabo John