•     

Kwambara imyenda mishya ku minsi mikuru ngo n'ikimenyetso cyo kwitandukanya n'ubukene

Umuhanga mu by'imitekerereze ya muntu wize ibijyanye n'imitekerereze yavuze ko kwambara imyenda mishya ku minsi mikuru ari ikimenyetso cyo gutandukana n'ubukene.

Kwambara imyenda mishya ku minsi mikuru ngo n'ikimenyetso cyo kwitandukanya n'ubukene
Kwambara imyenda mishya ku minsi mikuru ngo n'ikimenyetso cyo kwitandukanya n'ubukene

Ramadhani Masenga guturuka mu kigo kitwa Mental Hygine Instute  Dar es Salaam, yavuze impamvu abantu bakunda kugura no kwambara imyenda mishya mu gihe ki minsi mikuru, baba bagira ngo batandukane n'ubukene Ndetse ngo banitandunye n'ibibazo byose bafite hanyuma abantu bababonemo ko bahindutse bashya  kuri uwo munsi mukuru.

Ikindi ngo kubana bato iyo bambaye imyenda mishya ku minsi mikuru ngo bituma intekerezo zabo zihinduka izi byishimo kuri uwo munsi.

Bagabo John

Kwambara imyenda mishya ku minsi mikuru ngo n'ikimenyetso cyo kwitandukanya n'ubukene

Kwambara imyenda mishya ku minsi mikuru ngo n'ikimenyetso cyo kwitandukanya n'ubukene
Kwambara imyenda mishya ku minsi mikuru ngo n'ikimenyetso cyo kwitandukanya n'ubukene

Umuhanga mu by'imitekerereze ya muntu wize ibijyanye n'imitekerereze yavuze ko kwambara imyenda mishya ku minsi mikuru ari ikimenyetso cyo gutandukana n'ubukene.

Ramadhani Masenga guturuka mu kigo kitwa Mental Hygine Instute  Dar es Salaam, yavuze impamvu abantu bakunda kugura no kwambara imyenda mishya mu gihe ki minsi mikuru, baba bagira ngo batandukane n'ubukene Ndetse ngo banitandunye n'ibibazo byose bafite hanyuma abantu bababonemo ko bahindutse bashya  kuri uwo munsi mukuru.

Ikindi ngo kubana bato iyo bambaye imyenda mishya ku minsi mikuru ngo bituma intekerezo zabo zihinduka izi byishimo kuri uwo munsi.

Bagabo John