•     

Minisitiri w'abana yeguye nyuma yokubyarana n'umwana w'imyaka 15

Minisitiri w’abana muri Islande, Ásthildur Lóa Thórsdóttir w'imyaka 58 yeguye ku mirimo ye nyuma yo kwiyemerera ko yabyaranye n'umwana w’umuhungu w’imyaka 15 ubwo yari afite imyaka 25

Minisitiri w'abana yeguye nyuma yokubyarana n'umwana w'imyaka 15
Minisitiri w'abana yeguye nyuma yokubyarana n'umwana w'imyaka 15

Nk’uko ikinyamakuru Visir kibitangaza ngo Minisitiri yatanze ibaruwa isezera ubwo yahamagarwaga ku biro bya Minisitiri w’intebe, wavuze ko yakiriye aya makuru mu ijoro ryo ku wa kane Tariki ya 19 Werurwe 2025. Icyakora, Thórsdóttir yavuze ko adateganya kuva ku mwanya we mu nteko.

Amakuru avuga ko Ásthildur yatangiye kugirana umubano n’umuhungu afite imyaka 15 mu gihe yari afite imyaka 22 ubwo yari umujyanama mu itsinda ry’amadini nibwo yahuye nuwo  muhungu wari umwe mu rubyiruko  rwari rwitabiriye amahugurwa.

Nubwo imyaka yemewe muri Isilande ari  imyaka 15, birabujijwe kuryamana numuntu uri munsi yimyaka 18 niba uri umwarimu, umujyanama, cyangwa ufite ububasha bwamafaranga cyangwa ubundi bubasha ku mwana uri munsi y'imyaka 18

Igihano ntarengwa kuri icyo cyaha ni imyaka itatu y'igifungo iyo abihamijwe n'ubutabera

Bagabo John

Minisitiri w'abana yeguye nyuma yokubyarana n'umwana w'imyaka 15

Minisitiri w'abana yeguye nyuma yokubyarana n'umwana w'imyaka 15
Minisitiri w'abana yeguye nyuma yokubyarana n'umwana w'imyaka 15

Minisitiri w’abana muri Islande, Ásthildur Lóa Thórsdóttir w'imyaka 58 yeguye ku mirimo ye nyuma yo kwiyemerera ko yabyaranye n'umwana w’umuhungu w’imyaka 15 ubwo yari afite imyaka 25

Nk’uko ikinyamakuru Visir kibitangaza ngo Minisitiri yatanze ibaruwa isezera ubwo yahamagarwaga ku biro bya Minisitiri w’intebe, wavuze ko yakiriye aya makuru mu ijoro ryo ku wa kane Tariki ya 19 Werurwe 2025. Icyakora, Thórsdóttir yavuze ko adateganya kuva ku mwanya we mu nteko.

Amakuru avuga ko Ásthildur yatangiye kugirana umubano n’umuhungu afite imyaka 15 mu gihe yari afite imyaka 22 ubwo yari umujyanama mu itsinda ry’amadini nibwo yahuye nuwo  muhungu wari umwe mu rubyiruko  rwari rwitabiriye amahugurwa.

Nubwo imyaka yemewe muri Isilande ari  imyaka 15, birabujijwe kuryamana numuntu uri munsi yimyaka 18 niba uri umwarimu, umujyanama, cyangwa ufite ububasha bwamafaranga cyangwa ubundi bubasha ku mwana uri munsi y'imyaka 18

Igihano ntarengwa kuri icyo cyaha ni imyaka itatu y'igifungo iyo abihamijwe n'ubutabera

Bagabo John