•     

Minisitiri w'Ubuzima yahagaritse abakozi babiri bo kwa muganga bashwaniye imbere y'abarwayi.

Minisitiri w'Ubuzima muri Tanzania Ummy Mwarimu yahagaritse abakozi babiri bo kwa muganga bashwaniye imbere y'abarwayi bashaka gukoresha ibikoresho byataye igihe (expire) Ni nyuma yavideo yasakaye ku mbuga nkoranyambaga.

Minisitiri w'Ubuzima yahagaritse abakozi babiri bo kwa muganga bashwaniye imbere y'abarwayi.
Minisitiri w'Ubuzima Ummy Mwarimu yahagaritse abakozi babiri bo kwa muganga bashwaniye imbere y'abarwayi

Iyo video yafashwe mu buryo bwibanga, irerekana umukozi wo kwamuganga w'umugore w'umubyaza ndetse n'umugabo wicaye ku ntebe bariho baterana amagambo.

Intandaro yo guterana amagambo kwaba bakozi, byaturutse ku ri uwo mubyaza wagiye gufata ibikoresho ngo apime umudamu utwite hanyuma uwari ushinzwe ku bitanga umukozi muri Laboratory amubwirako ibikoresho bihari byarangije igihe kuburyo bitakoreshwa (expire) 

Uwo mubyaza yatangiye kumutuka amubwira ko yigize umuhanga mu by'ubuvuzi akaba yanze gutanga ibikoresho ngo bapime uwo mudamu.

Uwo mugabo ukora muri laboratory yamubwiye ko aho bigeze  buriwese akore ibyo yigiye, ariko kuriwe ntabwo yatanga ibikoresho byarangije igihe kuko byaba ari ugukora amakosa ya kinyamwuga.

Nyuma yaho iyo video isakaye ku mbuga nkoranya mbaga, Minisitiri w'Ubuzima Ummy Mwarimu yahise ahagarika abo bakozi bombi kugira ngo hakorwe iperereza barebe intandaro yicyateye kutumvikana byatumye abo bakozi bashwana imbere ya barwayi.

Bagabo John

Minisitiri w'Ubuzima yahagaritse abakozi babiri bo kwa muganga bashwaniye imbere y'abarwayi.

Minisitiri w'Ubuzima yahagaritse abakozi babiri bo kwa muganga bashwaniye imbere y'abarwayi.
Minisitiri w'Ubuzima Ummy Mwarimu yahagaritse abakozi babiri bo kwa muganga bashwaniye imbere y'abarwayi

Minisitiri w'Ubuzima muri Tanzania Ummy Mwarimu yahagaritse abakozi babiri bo kwa muganga bashwaniye imbere y'abarwayi bashaka gukoresha ibikoresho byataye igihe (expire) Ni nyuma yavideo yasakaye ku mbuga nkoranyambaga.

Iyo video yafashwe mu buryo bwibanga, irerekana umukozi wo kwamuganga w'umugore w'umubyaza ndetse n'umugabo wicaye ku ntebe bariho baterana amagambo.

Intandaro yo guterana amagambo kwaba bakozi, byaturutse ku ri uwo mubyaza wagiye gufata ibikoresho ngo apime umudamu utwite hanyuma uwari ushinzwe ku bitanga umukozi muri Laboratory amubwirako ibikoresho bihari byarangije igihe kuburyo bitakoreshwa (expire) 

Uwo mubyaza yatangiye kumutuka amubwira ko yigize umuhanga mu by'ubuvuzi akaba yanze gutanga ibikoresho ngo bapime uwo mudamu.

Uwo mugabo ukora muri laboratory yamubwiye ko aho bigeze  buriwese akore ibyo yigiye, ariko kuriwe ntabwo yatanga ibikoresho byarangije igihe kuko byaba ari ugukora amakosa ya kinyamwuga.

Nyuma yaho iyo video isakaye ku mbuga nkoranya mbaga, Minisitiri w'Ubuzima Ummy Mwarimu yahise ahagarika abo bakozi bombi kugira ngo hakorwe iperereza barebe intandaro yicyateye kutumvikana byatumye abo bakozi bashwana imbere ya barwayi.

Bagabo John