•     

Minisitiri yatangaje ko atagiye muri Guverinoma kubera isura

Kenya: Minisitiri w'Amazi Alice Wahome, yavuze ko hari amakuru yuko harimo bamwe mu bayobozi bashaka ku mwirukanisha kuri uwo mwanya wa Minisitiri w'Amazi, ariko abibutsa ko batazabigeraho kuko atagiye kuri uwo mwanya kubera isura ye.

Minisitiri yatangaje ko atagiye muri Guverinoma kubera isura
Minisitiri yavuze ko atagiye kuri uwo mwanya kubera isura ye

Ibi Minisitiri Alice Wahome,  yabivugiye mu intara ya Gatanga, ubwo yatanganga imfashanyo y'ibiribwa ku miryango ikenye.

Mu ijambo rye Minisitiri Alice,  yavuzeko muri leta harimo abagambanyi ndetse n'indyadya zifuza ko yakurwa  ku buminisitiri hanyuma uwo mwanya ugahabwa abandi.

Minisitiri Ushinzwe Minisiteri y'Amazi Alice Wahome

Yagize ati" hari abantu basigaye batwara amagambo kwa Perezida Ruto ngo bazanyirukane, ariko ndagirango mbabwire ko ntagiye kuri uyu mwanya biturutse ku isura yange ahubwo nagiye muri izi nshingano kubera ko nzishboye".

Mubindi Minisitiri Alice yavuze ko abo bose bakora ibyo bashaka ku mukura ku mugati, baribeshya kuko nawe  ntabwo ari umwana kandi ngo ntabwo aryamye.

Bagabo John

Minisitiri yatangaje ko atagiye muri Guverinoma kubera isura

Minisitiri yatangaje ko atagiye muri Guverinoma kubera isura
Minisitiri yavuze ko atagiye kuri uwo mwanya kubera isura ye

Kenya: Minisitiri w'Amazi Alice Wahome, yavuze ko hari amakuru yuko harimo bamwe mu bayobozi bashaka ku mwirukanisha kuri uwo mwanya wa Minisitiri w'Amazi, ariko abibutsa ko batazabigeraho kuko atagiye kuri uwo mwanya kubera isura ye.

Ibi Minisitiri Alice Wahome,  yabivugiye mu intara ya Gatanga, ubwo yatanganga imfashanyo y'ibiribwa ku miryango ikenye.

Mu ijambo rye Minisitiri Alice,  yavuzeko muri leta harimo abagambanyi ndetse n'indyadya zifuza ko yakurwa  ku buminisitiri hanyuma uwo mwanya ugahabwa abandi.

Minisitiri Ushinzwe Minisiteri y'Amazi Alice Wahome

Yagize ati" hari abantu basigaye batwara amagambo kwa Perezida Ruto ngo bazanyirukane, ariko ndagirango mbabwire ko ntagiye kuri uyu mwanya biturutse ku isura yange ahubwo nagiye muri izi nshingano kubera ko nzishboye".

Mubindi Minisitiri Alice yavuze ko abo bose bakora ibyo bashaka ku mukura ku mugati, baribeshya kuko nawe  ntabwo ari umwana kandi ngo ntabwo aryamye.

Bagabo John