•     

Mubyo ishyaka rishyize imbere harimo no gukora Ubuvugizi- Hon Ntezimana

Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, Green Party Of Rwanda(DGPR) ryagaragaje ko mu Karere ka Musanze hari ikibazo cy'amazi meza kandi kibangamiye abaturage.

Mubyo ishyaka rishyize imbere harimo no gukora Ubuvugizi- Hon Ntezimana
Ishyaka DGPR ryagaragaje ko mu karere ka Musanze hari ikibazo cy'amazi meza

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Mutarama 2026, Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ( DGPR) ryahuye n'abagize 
komite nyobozi ziri shyaka mu byiciro byose bakorana amahugurwa

Hon Ntezimana Jean Claude  atangiza aya amahugurwa y'abagize komite nyobozi ziri shyaka mu byiciro byose, yavuze ko intego shyaka Green  Party aruko rigira abarihagarariye kugera ku rwego rw'umudugudu ko abahuguwe bazahugura bagenzi babo basigaye.

Muri ayo mahugurwa hagaragajwe ko mu karere ka Musanze hari kibazo cy'Amazi meza, kandi iki kibazo kikaba kibangamiye abaturage muri rusange.

Ubwo yatanganga ikiganiro kigaruka ku kurengera ibidukikije,  Hon Ntezimana Jean Claude arinawe wari Umushyitsi mukuru, yavuze ko mubyo ishyaka rishyize imbere harimo n'ubuvugizi.

Hon Depite Ntezimana Jean Claude 

Ati'' Mubyo ishyaka rishyize imbere harimo n'ubuvugizi bugamije ko abaturage barushaho kugira imibereho myiza ndetse n'ubuzima buzira umuze.

Mu bihe byashyize mu karere ka Musanze kakunze kurangwa n'isuku nke, aho bamwe mu baturage bavugaga   ko kutagira amazi mu bice bimwe nabimwe muri ako karere bigira uruhare mu gutuma hari abaturage bagira umwanda, aho hari bamwe bari baribasiwe n'amavunja.

Bagabo John

Mubyo ishyaka rishyize imbere harimo no gukora Ubuvugizi- Hon Ntezimana

Mubyo ishyaka rishyize imbere harimo no gukora Ubuvugizi- Hon Ntezimana
Ishyaka DGPR ryagaragaje ko mu karere ka Musanze hari ikibazo cy'amazi meza

Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, Green Party Of Rwanda(DGPR) ryagaragaje ko mu Karere ka Musanze hari ikibazo cy'amazi meza kandi kibangamiye abaturage.

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Mutarama 2026, Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ( DGPR) ryahuye n'abagize 
komite nyobozi ziri shyaka mu byiciro byose bakorana amahugurwa

Hon Ntezimana Jean Claude  atangiza aya amahugurwa y'abagize komite nyobozi ziri shyaka mu byiciro byose, yavuze ko intego shyaka Green  Party aruko rigira abarihagarariye kugera ku rwego rw'umudugudu ko abahuguwe bazahugura bagenzi babo basigaye.

Muri ayo mahugurwa hagaragajwe ko mu karere ka Musanze hari kibazo cy'Amazi meza, kandi iki kibazo kikaba kibangamiye abaturage muri rusange.

Ubwo yatanganga ikiganiro kigaruka ku kurengera ibidukikije,  Hon Ntezimana Jean Claude arinawe wari Umushyitsi mukuru, yavuze ko mubyo ishyaka rishyize imbere harimo n'ubuvugizi.

Hon Depite Ntezimana Jean Claude 

Ati'' Mubyo ishyaka rishyize imbere harimo n'ubuvugizi bugamije ko abaturage barushaho kugira imibereho myiza ndetse n'ubuzima buzira umuze.

Mu bihe byashyize mu karere ka Musanze kakunze kurangwa n'isuku nke, aho bamwe mu baturage bavugaga   ko kutagira amazi mu bice bimwe nabimwe muri ako karere bigira uruhare mu gutuma hari abaturage bagira umwanda, aho hari bamwe bari baribasiwe n'amavunja.

Bagabo John