Perezida wa Kenya Uhuru kenyatta uriho usoza manda ye yo kuyobora Kenya, ubwo yari amaze gutora yasabye abaturage gutora mu mahoro
Uyu munsi kuwa 9 Kanama 2022 abaturage bo muri Kenya bazindukiye mu matora rusange harimo ayumukuru w'iguhugu, aya badepite a bayobozi bi intara ndetse n'inzego zibanze.

Perezida ucyuye igihe Uhuru Kenyatta yatoreye ku kigo cy'amashuri abanza kitwa Mutomo, Kenyatta yari kumwe n'umufashawe Margaret Kenyata ndetse nabo mu muryango we n'inshuti zabo.
Amaze kutora Perezida Kenyatta yasabye abaturage gutora mu mahoro.

Yagize ati" Mutore, Mutore mu mahoro".
Abakandida bahanganye mu matora ni William Ruto Vice Perezida ndetse na Raila Odinga utavuga rumwe n'ubutegetsi umaze kwiyamamaza inshuro zirenga enye.

Bagabo John
