•     

Ntamuturage mubi ubaho" Minisitiri Gatabazi "

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, yabwiye abayobozi binzego zibanze ko ntamuturage mubi ubaho iyo yahawe Service yifuza.

Ntamuturage mubi ubaho" Minisitiri Gatabazi "
Minisitiri Gatabazi yambwiye Abayobozi ko nta muturage mubi ubaho.

Ibi Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, yabigarutseho ubwo yasozaga amahugurwa y'iminsi ibiri yahuza abayobozi binzego zibanze mu ntara y'uburasirazuba yatangiye kuya 23-24 Nyakanga 2022.

Mu ijambo rye Minisitiri  Gatabazi Jean Marie Vianney, yasabye abayobozi kwegera abo bayobora bakava muri za biro bagasanga abaturage bakamenya ibyo bakeneye.

Aha niho yahereye avuga ko burya ntamuturage uba mubi iyo abonye service yashakaga
Ati" ndagira ngo mbabwire ko burya nta muturage uba mubi iyo abonye service yashakaga by'umwihariko iyo yegereje ibijyanye n'ibikorwa remezo."

Bamwe mu bayobozi b'inzego zibanze bari bitabiriye ayo mahugurwa 

Mubindi Minisitiri Gatabazi yababye abo bayobozi ko batagomba kuruhuka abaturage bayibora batarabona ibyo kurya ndetse nabana babo batarabona amashuri bigamo.

Hakunze kumvukana imvugo zabamwe mu bayobozi batunga agatoki abaturage ko bananiranye, nyamara ibi bikavugwa iyo hari umuturage wagaragaje ko hari Service atabonye bityo yagaragaza icyo kibazo bigafatwa nkaho yananiranye.

Bagabo John.

Ntamuturage mubi ubaho" Minisitiri Gatabazi "

Ntamuturage mubi ubaho" Minisitiri Gatabazi "
Minisitiri Gatabazi yambwiye Abayobozi ko nta muturage mubi ubaho.

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, yabwiye abayobozi binzego zibanze ko ntamuturage mubi ubaho iyo yahawe Service yifuza.

Ibi Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, yabigarutseho ubwo yasozaga amahugurwa y'iminsi ibiri yahuza abayobozi binzego zibanze mu ntara y'uburasirazuba yatangiye kuya 23-24 Nyakanga 2022.

Mu ijambo rye Minisitiri  Gatabazi Jean Marie Vianney, yasabye abayobozi kwegera abo bayobora bakava muri za biro bagasanga abaturage bakamenya ibyo bakeneye.

Aha niho yahereye avuga ko burya ntamuturage uba mubi iyo abonye service yashakaga
Ati" ndagira ngo mbabwire ko burya nta muturage uba mubi iyo abonye service yashakaga by'umwihariko iyo yegereje ibijyanye n'ibikorwa remezo."

Bamwe mu bayobozi b'inzego zibanze bari bitabiriye ayo mahugurwa 

Mubindi Minisitiri Gatabazi yababye abo bayobozi ko batagomba kuruhuka abaturage bayibora batarabona ibyo kurya ndetse nabana babo batarabona amashuri bigamo.

Hakunze kumvukana imvugo zabamwe mu bayobozi batunga agatoki abaturage ko bananiranye, nyamara ibi bikavugwa iyo hari umuturage wagaragaje ko hari Service atabonye bityo yagaragaza icyo kibazo bigafatwa nkaho yananiranye.

Bagabo John.