Kenya: Umupadiri witwa Joseph Kariuki, yitabye Imana aguye muri Logi, ubwo yari kumwe n'indaya ariho atera akabariro.
Abakoresha imbuga nkoranyambaga muri Kenya, bacitse ururondogoro nyuma yokumva inkuru y'Umupadiri wapfuye arikumwe n'indaya muri Logi mu gace kahitwa Gatanga.
Uyu mupadiri w'imyaka 43 yitabye Imana kuri uyu wa gatandatu 8 Nyakanga 2023

Padiri Joseph Kariuki
Raporo yakozwe na Polisi yerekana ko uwo mupadiri yarikumwe niyo ndaya mu ijoro ryo ku wagatanu rishyira ku wagatandatu.
Iyi raporo ikomeze ivuga uwo nyakwigendera yari asanzwe ari umukiriya muri iyo Logi, yakundaga kuhahurira niyo ndaya.
Kuri iki cyumweru tariki 9 Nyakanga 2023 nibwo bashyinguwe uyu nyakwigendera nkuko ikinyamakuru Daily Nation cya bitangaje.
Bagabo John.
