•     

Padiri Joseph yitabye Imana riho atera akabariro n'indaya

Kenya: Umupadiri witwa Joseph Kariuki, yitabye Imana aguye muri Logi, ubwo yari kumwe n'indaya ariho atera akabariro.

Padiri  Joseph  yitabye  Imana riho atera akabariro n'indaya
Padiri Joseph yitabye Imana ariho atera akabariro

Abakoresha imbuga nkoranyambaga muri Kenya, bacitse ururondogoro nyuma yokumva inkuru y'Umupadiri wapfuye arikumwe n'indaya muri Logi mu gace kahitwa Gatanga.

Uyu mupadiri w'imyaka 43 yitabye Imana kuri uyu wa gatandatu 8 Nyakanga 2023

                       Padiri Joseph Kariuki

Raporo yakozwe na Polisi yerekana ko uwo mupadiri yarikumwe niyo ndaya mu ijoro ryo ku wagatanu rishyira ku wagatandatu. 

Iyi raporo ikomeze ivuga uwo nyakwigendera yari asanzwe ari umukiriya muri iyo Logi, yakundaga kuhahurira niyo ndaya.

Kuri iki cyumweru tariki 9 Nyakanga 2023 nibwo bashyinguwe uyu nyakwigendera nkuko ikinyamakuru Daily Nation cya bitangaje.

Bagabo John.

Padiri Joseph yitabye Imana riho atera akabariro n'indaya

Padiri  Joseph  yitabye  Imana riho atera akabariro n'indaya
Padiri Joseph yitabye Imana ariho atera akabariro

Kenya: Umupadiri witwa Joseph Kariuki, yitabye Imana aguye muri Logi, ubwo yari kumwe n'indaya ariho atera akabariro.

Abakoresha imbuga nkoranyambaga muri Kenya, bacitse ururondogoro nyuma yokumva inkuru y'Umupadiri wapfuye arikumwe n'indaya muri Logi mu gace kahitwa Gatanga.

Uyu mupadiri w'imyaka 43 yitabye Imana kuri uyu wa gatandatu 8 Nyakanga 2023

                       Padiri Joseph Kariuki

Raporo yakozwe na Polisi yerekana ko uwo mupadiri yarikumwe niyo ndaya mu ijoro ryo ku wagatanu rishyira ku wagatandatu. 

Iyi raporo ikomeze ivuga uwo nyakwigendera yari asanzwe ari umukiriya muri iyo Logi, yakundaga kuhahurira niyo ndaya.

Kuri iki cyumweru tariki 9 Nyakanga 2023 nibwo bashyinguwe uyu nyakwigendera nkuko ikinyamakuru Daily Nation cya bitangaje.

Bagabo John.