Posts
Umupolisi yatawe muriyombi azira gukubita umwana we bya...
Umupolisi wo mu ntara ya Simiyu muri Tanzania, yatawe muri yombi aho akurikiranyweho kugubita umwana we bya kinyamaswa.
Police yataburuye umurambo w'umusore umaze umwaka ashyinguye...
Police yo mu ntara ya Kigoma ifatanyije n'inzego z'ubuzima, bataburuye umurambo w'umusore umaze umwaka yitabye Imana nyuma yo ku mubona...
Perezida ayoboye inama ya ba Minisitiri
Perezida wa Tanzania Samia Hassan Suluhu ayoboye inama ya ba Minisitiri yitezwe ko iribufatirwemo imyanzuro ikomeye
Perezida yasabye abagabo kutajya bareba muri Telephone...
Perezida wa Zambia Hakainde Hichilema, yasabye abaturage bubatse ingo, kutajya bareba muri Telephone zabagore babo kuko ngo biri mu...
Police yatahuye abantu baboshye ni minyururu babaga mu...
Police yo muri Kenya yatahuye abantu bari babohejejwe iminyururu ku birenge mu Rusengero biganjemo abafite uburwayi bwo mu mutwe.
Korari yaririmbye mu matora ya Perezida nubu ntabwo irabona...
Korari yari yahawe ikiraka cyo kuririmba mu gihe abaturage bari bategereje ibiva mu matora y'umukuru w'igihugu muri Kenya amezi amaze...
Umugabo yakoze impanuka abana be babiri bitaba Imana
Umugabo wo muri Zambia yari atwaye imodoka irimo abantu barindwi harimo n'abana be 2 baba hungu akora impanuka babiri bitabye Imana...
Umubikira wari ukuze ku isi yitabye Imana afite imyaka...
Umubikira witwa Andre wari utuye mu majyepfo y'Ubufaransa mu mujyi wa Toulon bivugwa ko ariwe wari ukuze ku isi yitabye Imana.
Umugororwa yatorotse ibitaro arimo amapingu
Umugorowa yatorotse i bitaro muri Kenya, nyuma yaho afashwe na Cholera abacungagereza batatu bagahita bamwihutana kwa muganga.
Leta igiye gusuzuma ikibazo cy'Amashuri yigisha ubutinganyi
Leta ya Tanzania binyuze muri Minisiteri y'Uburezi igiye gutangira iperereza ku bigo by'amashuri bivugwa ko byigisha abanyeshuri isomo...


