•     

Ruswa iravuza ubuhuha muri Polisi

Perezida wa Tanzania Samia Hassan Suluhu yavuze ko Polisi y'igihugu havugwamo ruswa ikabije kuko mu bantu 100 muribo 70 bavuga ko Polisi irangwa na ruswa

Ruswa iravuza ubuhuha muri Polisi
Ruswa muru Polisi kimwe mu bituma abaturage batabona ubutabera

Ibi Perezida Samia Hassan yabigarutseho kuri uyu wa 31 Mutarama 2023 Chamwino  Dodoma  ubwo yatangizaga komisiyo ishinzwe gu kurikirana ubutabera ndetse no kurwanya ibyaha. 

Ati" iyo uganiriye nabantu  70 mu bantu 100 bakubwira ko urwego rwa Polisi rutishimiwe kuko harimo abantu batabona ubutabera kuko baba batatanze ruswa".

Iyo komisiyo yashyizweho yahawe inshingano zo gukurikirana ubutabera ndetse no kurwanya ibyaha mu gihe kingana n'amezi umunani.

Inzego zizagenzurwa harimo Polisi, inkiko, ubushinjacyaha ku rwego rw’igihugu, ikigo gishinzwe gukumira no kurwanya ruswa  n’ubuyobozi bushinzwe kugenzura ibiyobyabwenge.

Bagabo John

Ruswa iravuza ubuhuha muri Polisi

Ruswa iravuza ubuhuha muri Polisi
Ruswa muru Polisi kimwe mu bituma abaturage batabona ubutabera

Perezida wa Tanzania Samia Hassan Suluhu yavuze ko Polisi y'igihugu havugwamo ruswa ikabije kuko mu bantu 100 muribo 70 bavuga ko Polisi irangwa na ruswa

Ibi Perezida Samia Hassan yabigarutseho kuri uyu wa 31 Mutarama 2023 Chamwino  Dodoma  ubwo yatangizaga komisiyo ishinzwe gu kurikirana ubutabera ndetse no kurwanya ibyaha. 

Ati" iyo uganiriye nabantu  70 mu bantu 100 bakubwira ko urwego rwa Polisi rutishimiwe kuko harimo abantu batabona ubutabera kuko baba batatanze ruswa".

Iyo komisiyo yashyizweho yahawe inshingano zo gukurikirana ubutabera ndetse no kurwanya ibyaha mu gihe kingana n'amezi umunani.

Inzego zizagenzurwa harimo Polisi, inkiko, ubushinjacyaha ku rwego rw’igihugu, ikigo gishinzwe gukumira no kurwanya ruswa  n’ubuyobozi bushinzwe kugenzura ibiyobyabwenge.

Bagabo John