•     

Pasiteri wari ufunze kubera gucuruza Urumogi yaguye muri Gereza

Umukozi w'Imana witwa Henry Ozoemena ukomoka muri Nigeria yaguye muri Gereza aho yari afungiye akurikiranyweho gucuruza ibiyobyabwenge byo mubwoko bwa Heroine

Pasiteri wari ufunze kubera gucuruza Urumogi yaguye muri Gereza
Pasiteri yaguye muri Gereza azize Umutima

Uyu mukozi w'Imana wabivaganga no gucuruza ibiyobyabwenge yitabye Imana azize umutima muri Gereza ya 
Segerea, Dar es Salaam muri Tanzania.

Uyu Mugabo yafatanywe ibiro 20 bya Heroine ahita ajyanwa gufungirwa muri Gereza ya Segerea, Dar es Salaam. arinaho yaguye.

Umukozi w'Imana yitabye Imana aguye muri Gereza aho yari afungiye kubera gucuruza Heroine 

Amakuru dukesha ikinyamakuru Mwananchi a vuga ko uwo umukozi w'Imana yikubise hasi ari muri Gereza bamujyana kwa muganga ahita yitaba Imana, nyuma y'ibizamini byo kwa muganga basanze ari ikibazo cy'umutima.

Umurambo wa nyakwigendera wahise woherezwa iwabo muri Nigeria kugirango abe ariho ashyingurwa.

Nyakwigendera yatawe muriyombi muri Gashyantare 2019 afatiwe ahitwa Kariakoo muri Dar es Salaam.

Amakuru y'urupfu rwa nyakwigendera yatangajwe n'umwunganizi we mu mategeko ubwo yitabaga urukiko murubanza rwuwo nyakwigendera yaregagwamo n'urukiko icyaha cyo gutunda no gucuruza ibiyobyabwenge byo mubwoko bwa Heroine 

Bagabo John

Pasiteri wari ufunze kubera gucuruza Urumogi yaguye muri Gereza

Pasiteri wari ufunze kubera gucuruza Urumogi yaguye muri Gereza
Pasiteri yaguye muri Gereza azize Umutima

Umukozi w'Imana witwa Henry Ozoemena ukomoka muri Nigeria yaguye muri Gereza aho yari afungiye akurikiranyweho gucuruza ibiyobyabwenge byo mubwoko bwa Heroine

Uyu mukozi w'Imana wabivaganga no gucuruza ibiyobyabwenge yitabye Imana azize umutima muri Gereza ya 
Segerea, Dar es Salaam muri Tanzania.

Uyu Mugabo yafatanywe ibiro 20 bya Heroine ahita ajyanwa gufungirwa muri Gereza ya Segerea, Dar es Salaam. arinaho yaguye.

Umukozi w'Imana yitabye Imana aguye muri Gereza aho yari afungiye kubera gucuruza Heroine 

Amakuru dukesha ikinyamakuru Mwananchi a vuga ko uwo umukozi w'Imana yikubise hasi ari muri Gereza bamujyana kwa muganga ahita yitaba Imana, nyuma y'ibizamini byo kwa muganga basanze ari ikibazo cy'umutima.

Umurambo wa nyakwigendera wahise woherezwa iwabo muri Nigeria kugirango abe ariho ashyingurwa.

Nyakwigendera yatawe muriyombi muri Gashyantare 2019 afatiwe ahitwa Kariakoo muri Dar es Salaam.

Amakuru y'urupfu rwa nyakwigendera yatangajwe n'umwunganizi we mu mategeko ubwo yitabaga urukiko murubanza rwuwo nyakwigendera yaregagwamo n'urukiko icyaha cyo gutunda no gucuruza ibiyobyabwenge byo mubwoko bwa Heroine 

Bagabo John