•     

Ntabwo hano ari Mungo zanyu, iwanyu ni Mumiryango yanyu" CG Chilikutu Frederick".

Umuyobozi w'amagereza muri Zambia CG Chilikutu Frederick, yasabye abagororerwa mu ri Gereza ya Nyakiriba mu Karere ka Rubavu kwitwaraneza bagahinduka bagasubira muri Sosiyete kuko aho bari atari Murugo

Ntabwo hano ari Mungo zanyu, iwanyu ni Mumiryango yanyu" CG Chilikutu Frederick".
Murasabwa kwitwaraneza mukava hano

Muruzinduko itsinda ry'abayobozi ba Magereza muri Zambia bayobowe na CGP Chilikutu Frederick, kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2022 basuye igororero riherereye mu Karere ka Rubavu ahitwa Nyakiriba bareba ibikorwa bitandukanye by'iterambere harimo nishuri ryigisha ubumenyingiro TVET School ndetse na Biogas ikoreshwa mu rwego rwokurengera ibidukikije.

Mu ijambo yagegeje kubagororerwa muri Nyakiriba, yabasabye kwitwara neza abakatiwe bagasoza ibihano byabo bagasubira mu miryango yabo kuko aho bari atari mungo zabo

Ati" Ahamuri Ntabwo ari Mungo zanyu murasabwa kwitwaraneza mukerekana ko mwahindutse mukavahano kuko hano muri ntabwo ari mungo zanyu."

Ikindi yasabye abo bagororwa kwiga neza imyuga kugirango nibagera mu miryango yabo bizabafashe kwiteza imbere.

Igororero rya Rubavu ricumbikiye imfungwa n'Abagororwa 8121 muri aba harimo abakoze ibyaha bya Genocide 1729 ni mugihe abakoze ibyaha bisanzwe ari 6392.

Bagabo John

Ntabwo hano ari Mungo zanyu, iwanyu ni Mumiryango yanyu" CG Chilikutu Frederick".

Ntabwo hano ari Mungo zanyu, iwanyu ni Mumiryango yanyu" CG Chilikutu Frederick".
Murasabwa kwitwaraneza mukava hano

Umuyobozi w'amagereza muri Zambia CG Chilikutu Frederick, yasabye abagororerwa mu ri Gereza ya Nyakiriba mu Karere ka Rubavu kwitwaraneza bagahinduka bagasubira muri Sosiyete kuko aho bari atari Murugo

Muruzinduko itsinda ry'abayobozi ba Magereza muri Zambia bayobowe na CGP Chilikutu Frederick, kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2022 basuye igororero riherereye mu Karere ka Rubavu ahitwa Nyakiriba bareba ibikorwa bitandukanye by'iterambere harimo nishuri ryigisha ubumenyingiro TVET School ndetse na Biogas ikoreshwa mu rwego rwokurengera ibidukikije.

Mu ijambo yagegeje kubagororerwa muri Nyakiriba, yabasabye kwitwara neza abakatiwe bagasoza ibihano byabo bagasubira mu miryango yabo kuko aho bari atari mungo zabo

Ati" Ahamuri Ntabwo ari Mungo zanyu murasabwa kwitwaraneza mukerekana ko mwahindutse mukavahano kuko hano muri ntabwo ari mungo zanyu."

Ikindi yasabye abo bagororwa kwiga neza imyuga kugirango nibagera mu miryango yabo bizabafashe kwiteza imbere.

Igororero rya Rubavu ricumbikiye imfungwa n'Abagororwa 8121 muri aba harimo abakoze ibyaha bya Genocide 1729 ni mugihe abakoze ibyaha bisanzwe ari 6392.

Bagabo John