Ubushakashatsi bu herutse gukorwa bwerekanye ko abatuye Dare es Salaam 67.2% bugarijwe n'umubyibuho ukabije .
Nkuko byatangajwe na Dk Pedro Pallangyo, umuyobozi mukuru w'ibitaro byitiriwe Jakaya Kikwete (JKCI) bivura indwara z'umutima.

Umujyi wa Dar es Salaam wibasiwe n'umubyibuho ukabije
Yavuze ko mu ubushakashatsi bwakozwe muri 2020 bwakorewe kubantu 6,691basanze abagabo aribo bafite umubyiho ukabije kurusha abagore
Ubu bushakashatsi bwa kozwe kubantu barihagati y'imyaka 43 basanga abagabo aribo bafite ikibazo cy'umubyibuho ukabije ugereranyije n'abagore.

Mu kindi ubu bushakashatsi bwerekanye ko abantu barya ibiryo byo muri Restora nibo basanze bafite ibibazo by'umubyibuho ukabije ugereranyije nabarya ibiryo bitekeye byo mungo iwabo.
Imibare ya OMS ivuga ko abantu miliyoni 41 bangana na 71% bapfa kubera indwara zitandura kandi abantu miliyoni 15 bapfa bafite hagati y’imyaka 30 na 69.
Bagabo John
