•     

Abapolisi babiri n'umwanditsi w'urukiko bitabye Imana mu mpanuka y'imodoka

Tanzania: Abantu batatu bitabye Imana mu mpanuka y'imodoka yabaye tariki 5 Werurwe 2023 saa 11:45 ku muhanda wa Chalinze – Segera mu ntara ya Pwani. Ikaba yahitanye abantu batatu harimo Abapolisi babiri n'umwanditsi w'urukiko, n'undi umwe wa komeretse.

Abapolisi babiri n'umwanditsi w'urukiko bitabye Imana mu mpanuka y'imodoka
Abantu batatu bitabye Imana harimo abapolisi babiri n'umwanditsi w'urukiko

Aya makuru y'impanuka yemejwe n'umuyobozi wa Polisi mu ntara ya Pwani Pius Lutumo.

Uwo muyobozi wa Polisi yavuze ko abantu batatu bitabye Imana harimo abapolisi babiri n'umwanditsi w'urukiko ndetse n'undi mupolisi umwe wa komeretse.

Amakuru y'ibanze yavuye mu iperereza yerekanye ko umuvuduko ukabije ariyo ntandaro yateye iyo mpanuka.

Bagabo John

Abapolisi babiri n'umwanditsi w'urukiko bitabye Imana mu mpanuka y'imodoka

Abapolisi babiri n'umwanditsi w'urukiko bitabye Imana mu mpanuka y'imodoka
Abantu batatu bitabye Imana harimo abapolisi babiri n'umwanditsi w'urukiko

Tanzania: Abantu batatu bitabye Imana mu mpanuka y'imodoka yabaye tariki 5 Werurwe 2023 saa 11:45 ku muhanda wa Chalinze – Segera mu ntara ya Pwani. Ikaba yahitanye abantu batatu harimo Abapolisi babiri n'umwanditsi w'urukiko, n'undi umwe wa komeretse.

Aya makuru y'impanuka yemejwe n'umuyobozi wa Polisi mu ntara ya Pwani Pius Lutumo.

Uwo muyobozi wa Polisi yavuze ko abantu batatu bitabye Imana harimo abapolisi babiri n'umwanditsi w'urukiko ndetse n'undi mupolisi umwe wa komeretse.

Amakuru y'ibanze yavuye mu iperereza yerekanye ko umuvuduko ukabije ariyo ntandaro yateye iyo mpanuka.

Bagabo John