Ubwoko bwa bitwa Wahadzabe, banze kubarurwa batarahabwa inyama ndetse n'imbuto nkuko byatangajwe n'umuyobozi uhagarariye ubwo bwoko witwa Bunga Paulo
Ubu bwoko bwitwa Wahadzabe ntabwo bugira ahantu butura hazwi kuko nabantu bahora mu mashyamba kuko batunzwe no guhiga inyamaswa zo mwishyamba.
Mbere yuko ibarura ritangira bari basabye leta ko kugirango babarurwe bagomba kubanza guhabwa Inyama bitewe nuko batabona umwanya wo kwicara murugo batagiye guhiga inyamaswa kandi aricyo kibatunze.

Ubwoko bwa Wahadzabe bakoresha Inyama n'imbuto nkamafunguro ya buri munsi
Leta yumvise ubusabe bwabo hanyuma umuyobozi w'intara ya Moshi John Mongela arikumwe n'abakarani bi barura bafata inyama ndetse n'imbuto ziganjemo Imineke bajya ku barura abo baturage bo mubwoko bwa Wahadzabe.
Uyu muyobozi arinawe muvugizi wa ba Wahadzabe Paul Bunga. Yavuze ko bishimiye kuba Leta yumvise ubusabe bwabo bakaba ba bazaniye inyama ndetse n'imbuto
Paul ya yijeje leta ko abaturage abereye umuyobozi ko bagomba gutanga umusanzu wabo bibaruza nkabenegihugu.
Bagabo John
