•     

Tanzania: Yishe ise n'umugore we abaziza ko bamuroga

Igipolisi cyatangaje ko cyataye muriyombi umusore witwa Jonas Mushi w'imyaka 26 utuye mu karere ka Moshi, aho akurikiranyweho kwica ise umubyara hamwe n'umugorewe abaziza ko bamuroga.

Tanzania: Yishe ise n'umugore we abaziza ko bamuroga
Yishe ise wabo n'umugorewe ngo kubera ko bamuroga

Umuyobozi wa Polisi muri Kilimanjaro Simon Maigwa, yavuze ko ayo mahano yabaye tariki ya 19 Nyakanga 2022.

Uyu musore Jonas ngo yagiye murugo rwa Sewabo ahita afata umuhoro atangira ku mutemagura, umugorewe aza gutabara umugabowe nawe ahita amwadukira nawe aramutemagura kugeza bose bashyizemo umwuka.

Impamvu zatunye uwo musore  yishe ise wabo numugorewe  byatewe nuko uwo ise wabo afatanyije n'umugorewe ngo baramuroga, bigatuma atagira icyo yimarira mu buzima.

Muri Tanzania akenshi amakimbirane yaho atuma habamo ubwicanyi    bwa hato naho nuko bakunda kwizerera mu marozi. Bityo umuntu wese iyo agize icyo aba bihita byitwa ko ari amarozi.

Bagabo John.

Tanzania: Yishe ise n'umugore we abaziza ko bamuroga

Tanzania: Yishe ise n'umugore we abaziza ko bamuroga
Yishe ise wabo n'umugorewe ngo kubera ko bamuroga

Igipolisi cyatangaje ko cyataye muriyombi umusore witwa Jonas Mushi w'imyaka 26 utuye mu karere ka Moshi, aho akurikiranyweho kwica ise umubyara hamwe n'umugorewe abaziza ko bamuroga.

Umuyobozi wa Polisi muri Kilimanjaro Simon Maigwa, yavuze ko ayo mahano yabaye tariki ya 19 Nyakanga 2022.

Uyu musore Jonas ngo yagiye murugo rwa Sewabo ahita afata umuhoro atangira ku mutemagura, umugorewe aza gutabara umugabowe nawe ahita amwadukira nawe aramutemagura kugeza bose bashyizemo umwuka.

Impamvu zatunye uwo musore  yishe ise wabo numugorewe  byatewe nuko uwo ise wabo afatanyije n'umugorewe ngo baramuroga, bigatuma atagira icyo yimarira mu buzima.

Muri Tanzania akenshi amakimbirane yaho atuma habamo ubwicanyi    bwa hato naho nuko bakunda kwizerera mu marozi. Bityo umuntu wese iyo agize icyo aba bihita byitwa ko ari amarozi.

Bagabo John.