•     

Tanzania:Umubyeyi wapfushije abana be babiri umwe yanze ku mushyingura

Umubyeyi aherutse gupfusha abana be babiri umukuru yishe mu rumuna we, nyina yanze gushyingura uwo wishe mu shikiwe avuga ko atashyingura umwicanyi

Tanzania:Umubyeyi wapfushije abana be babiri umwe yanze ku mushyingura
Umubyeyi yanze gushyingura umwana we avuga ko ari umwicanyi.

Intandaro yo kwanga gushyingura umwe mu bana be baherutse kwitaba Imana, byaturutse ku kuba umusore yarishe mu shiki we amuteye icyuma.

Nyuma yaho uwo musore yishe mushikiwe abaturajye baje gutabara bahageze nawe ku bera umujinya baramukubita aba intere ba mugejeje kwa Muganga ahita yitaba Imana.

Uyu mubyeyi yashenguwe nukuntu uyu mwana we yishe mu shikiwe ntacyo bapfuye, bituma umunsi wo gushyingura yanga ku jya kuzana umurambo ndetse yanga no kujya ku mushyingura.

Abaturajye bamusabye kujya gutora umurambo ku bitaro arabyanga, ababwira ko azashyingura uwo mu kobwa naho uwo muhungu ngo ni umwicanyi.

Ati'' Nzashyingura umukobwa wange naho uriya ni umwicanyi ntawe nashyingura"

Abo bana bombi bitabye Imana tariki ya 4 Gashyantare 2023, nyuma yaho nyina yari yabasize murugo akajya gucuruza. Nyuma yo kugera mu rugo nibwo yasanganiwe nayo mahano.

Bitewe nuko uwo musore yishwe n'abaturage kubera umujinya w'ukuntu yishe mushiki we.  Ntamukuru azwi yicyatunye uwo musore yica mu shiki we.

Bagabo John 

Tanzania:Umubyeyi wapfushije abana be babiri umwe yanze ku mushyingura

Tanzania:Umubyeyi wapfushije abana be babiri umwe yanze ku mushyingura
Umubyeyi yanze gushyingura umwana we avuga ko ari umwicanyi.

Umubyeyi aherutse gupfusha abana be babiri umukuru yishe mu rumuna we, nyina yanze gushyingura uwo wishe mu shikiwe avuga ko atashyingura umwicanyi

Intandaro yo kwanga gushyingura umwe mu bana be baherutse kwitaba Imana, byaturutse ku kuba umusore yarishe mu shiki we amuteye icyuma.

Nyuma yaho uwo musore yishe mushikiwe abaturajye baje gutabara bahageze nawe ku bera umujinya baramukubita aba intere ba mugejeje kwa Muganga ahita yitaba Imana.

Uyu mubyeyi yashenguwe nukuntu uyu mwana we yishe mu shikiwe ntacyo bapfuye, bituma umunsi wo gushyingura yanga ku jya kuzana umurambo ndetse yanga no kujya ku mushyingura.

Abaturajye bamusabye kujya gutora umurambo ku bitaro arabyanga, ababwira ko azashyingura uwo mu kobwa naho uwo muhungu ngo ni umwicanyi.

Ati'' Nzashyingura umukobwa wange naho uriya ni umwicanyi ntawe nashyingura"

Abo bana bombi bitabye Imana tariki ya 4 Gashyantare 2023, nyuma yaho nyina yari yabasize murugo akajya gucuruza. Nyuma yo kugera mu rugo nibwo yasanganiwe nayo mahano.

Bitewe nuko uwo musore yishwe n'abaturage kubera umujinya w'ukuntu yishe mushiki we.  Ntamukuru azwi yicyatunye uwo musore yica mu shiki we.

Bagabo John