•     

Ubwoba ni bwose muri Mozambique nyuma yaho umuyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi avuye mu buhungiro

Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Mozambique, Venancio Mondlane, yagarutse mu gihugu uyu munsi ku wakane tariki 9 Mutarama 2025 mbere y’irahira rya perezida mushya mu cyumweru gitaha nyuma y’amatora atavugwaho rumwe.

Ubwoba ni bwose muri Mozambique nyuma yaho umuyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi  avuye mu buhungiro
Mondlane watsimzwe Amatora muri Mozambique yaramutse mu gihugu

Akigera mu gihugu Venancio Mondlane, yavuze ko agarutse kuba hafi y’imyigaragambyo imaze ibyumweru byinshi, bikaba bivugwa ko imaze kugwamo abarenga 300.


Ubwo yageraga  ku kibuga cy'indege, imihanda myinshi yari ifunze mu rwego rwo kwirinda ko abamushyigikiye baza ari benshi ku mwakira.

Inzego z'umutekano  zabujije  abantu kugera ku kibuga keretse bafite itike y'indege gusa.

Tubinutse ko Venancio Mondlane yagize amajwi 24% mu gihe Daniel Chapo arinawe watsinze amatora yagize amajwi 65%

Bagabo John

Ubwoba ni bwose muri Mozambique nyuma yaho umuyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi avuye mu buhungiro

Ubwoba ni bwose muri Mozambique nyuma yaho umuyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi  avuye mu buhungiro
Mondlane watsimzwe Amatora muri Mozambique yaramutse mu gihugu

Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Mozambique, Venancio Mondlane, yagarutse mu gihugu uyu munsi ku wakane tariki 9 Mutarama 2025 mbere y’irahira rya perezida mushya mu cyumweru gitaha nyuma y’amatora atavugwaho rumwe.

Akigera mu gihugu Venancio Mondlane, yavuze ko agarutse kuba hafi y’imyigaragambyo imaze ibyumweru byinshi, bikaba bivugwa ko imaze kugwamo abarenga 300.


Ubwo yageraga  ku kibuga cy'indege, imihanda myinshi yari ifunze mu rwego rwo kwirinda ko abamushyigikiye baza ari benshi ku mwakira.

Inzego z'umutekano  zabujije  abantu kugera ku kibuga keretse bafite itike y'indege gusa.

Tubinutse ko Venancio Mondlane yagize amajwi 24% mu gihe Daniel Chapo arinawe watsinze amatora yagize amajwi 65%

Bagabo John