•     

Ninjye nzaba Perezida wambere muri Afirika uzihorera- Kunje Mwiru

Umukandida ku mwanya w'umukuru w'igihugu muri Tanzania, witwa Kunje Ngombale Mwiru. Yatangaje ko naramuka atorewe kuyobora Tanzania azaba ariwe Perezida wambere muri Afirika uzihorera kubantu bose bariye umutungo w'igihugu.

Ninjye nzaba Perezida wambere muri Afirika uzihorera- Kunje Mwiru
Ninjye nzaba Perezida wambere muri Afirika uzihorera- Kunje Mwiru

Ibi Mwiru Kunje Ngombale,  uhagarariye Ishyaka ry'abahinzi ryitwa AAFP , yabivugiye mu karere ka Butiama mu Ntara ya Mara, ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza. 

Yagize ati"  abantu bose bazi ko bariye umutungo  w'igihugu nzabaroha mu cyuzi baribwe n'ingona".

Aha niho yahereye agira ati" nzaba Perezida wambere muri Afirika uzihorera kubantu bose bariye umutungo w'igihugu,  bose nzabaroha mu cyuzi baribwe n'ingona."

Ibindi uyu mukandida yemereye abo baturage ba Butiama, yabijeje ko naramuka abaye Perezida azakuraho imisoro iciriritse itangwa  n'abaturage kuko bibabuza kugera ku iterambere. 

Amatora y'umukuru w'igihugu muri Tanzania azaba tariki ya 29.Ukwakira , aho kuri uwo munsi uzaba ari ikiruhuko.

Bagabo John

Ninjye nzaba Perezida wambere muri Afirika uzihorera- Kunje Mwiru

Ninjye nzaba Perezida wambere muri Afirika uzihorera- Kunje Mwiru
Ninjye nzaba Perezida wambere muri Afirika uzihorera- Kunje Mwiru

Umukandida ku mwanya w'umukuru w'igihugu muri Tanzania, witwa Kunje Ngombale Mwiru. Yatangaje ko naramuka atorewe kuyobora Tanzania azaba ariwe Perezida wambere muri Afirika uzihorera kubantu bose bariye umutungo w'igihugu.

Ibi Mwiru Kunje Ngombale,  uhagarariye Ishyaka ry'abahinzi ryitwa AAFP , yabivugiye mu karere ka Butiama mu Ntara ya Mara, ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza. 

Yagize ati"  abantu bose bazi ko bariye umutungo  w'igihugu nzabaroha mu cyuzi baribwe n'ingona".

Aha niho yahereye agira ati" nzaba Perezida wambere muri Afirika uzihorera kubantu bose bariye umutungo w'igihugu,  bose nzabaroha mu cyuzi baribwe n'ingona."

Ibindi uyu mukandida yemereye abo baturage ba Butiama, yabijeje ko naramuka abaye Perezida azakuraho imisoro iciriritse itangwa  n'abaturage kuko bibabuza kugera ku iterambere. 

Amatora y'umukuru w'igihugu muri Tanzania azaba tariki ya 29.Ukwakira , aho kuri uwo munsi uzaba ari ikiruhuko.

Bagabo John