Perezida wa Tanzania Samia Hassan Suluhu yasabye inzego zumutekano kujya zirinda abatavuga rumwe na leta mu gihe bari mu nama
Kuri uyu wakabiri tariki ya 3 Mutarama 2023 Perezida Samia yatangaje ku mugaragaro ko abanyeporitiki batavugarunwe na leta bemerewe gukora inama ku mugaragaro ninyuma yaho bitaribyemewe ko abatavuga rumwe na leta bakora inama ku karubanda

Ishyaka rya Chadema ritavuga rumwe na leta
Perezida Samia yavuze ko leta yiteguye kujya ifasha amashyaka yifuza gukora inama kubaha uburinzi, aha niho yahere asaba inzego z'umutekano kujya zicungira umutekano ahantu habereye inama.
Ati" Ndasaba inzego zose z'umutekano kujya zirinda ahantu hateraniye inama zabamwe mu barwanashya bifuza gukora inama yabo, bipfa kuba iyo nama yakozwe mu buryo bwubahirije amategeko".

Ishyaka rya CUF
Mubindi Perezida Samia yavuze yiteguye kugirana ibiganiro n'abanyeporitiki batavugarumwe mu rwego rwo kubaka igihugu.
Bagabo John.
