•     

Umudepite yatawe muri yombi acyekwaho kwiba Inka

Polisi yo muri Kenya yataye muri yombi umudepite witwa David Pkosing , uhagarariye intara ya Pokot mu Majyepfo aho cyekwa ho gukorana n'ibisambo byiba inka

Umudepite yatawe muri yombi acyekwaho kwiba Inka
Umudepute acyekwaho kwiba inka

Ibinyamakuru byanditse ko Depite David Pkosing, yatawe muriyombi na Polisi kuri uyu wa Kane 16 Gashyantare 2023 aho acyekwa gufasha umutwe w'abajura biba amatungo by'umwihariko inka.

Uyu David ngo niwe munyaporitike ugejejwe imbere y'ubutabera akurikiranyweho ibyaha bifite aho bihuriye n'ubujura nyuma yaho abaturage 100 ndetse n'abashinzwe umutekano 16 bishwe nabo bajura bitwaza intwaro mu gihe cy'amezi atandatu ashize. 

Amakuru avuga ko muri iyo ntara ya Pokot  hibwa amatungo menshi akajya kubagwa inyama zikajya ku gurishirizwa mu masoko yo hanze y'igihugu.

Bagabo John

Umudepite yatawe muri yombi acyekwaho kwiba Inka

Umudepite yatawe muri yombi acyekwaho kwiba Inka
Umudepute acyekwaho kwiba inka

Polisi yo muri Kenya yataye muri yombi umudepite witwa David Pkosing , uhagarariye intara ya Pokot mu Majyepfo aho cyekwa ho gukorana n'ibisambo byiba inka

Ibinyamakuru byanditse ko Depite David Pkosing, yatawe muriyombi na Polisi kuri uyu wa Kane 16 Gashyantare 2023 aho acyekwa gufasha umutwe w'abajura biba amatungo by'umwihariko inka.

Uyu David ngo niwe munyaporitike ugejejwe imbere y'ubutabera akurikiranyweho ibyaha bifite aho bihuriye n'ubujura nyuma yaho abaturage 100 ndetse n'abashinzwe umutekano 16 bishwe nabo bajura bitwaza intwaro mu gihe cy'amezi atandatu ashize. 

Amakuru avuga ko muri iyo ntara ya Pokot  hibwa amatungo menshi akajya kubagwa inyama zikajya ku gurishirizwa mu masoko yo hanze y'igihugu.

Bagabo John