•     

Umugabo yakoze impanuka abana be babiri bitaba Imana

Umugabo wo muri Zambia yari atwaye imodoka irimo abantu barindwi harimo n'abana be 2 baba hungu akora impanuka babiri bitabye Imana ni abahungu be abandi batanu barakomereka.

Umugabo yakoze  impanuka abana be babiri bitaba Imana
Impanuka yahitanye abana babiri abandi batanu barakomereka.

Ababonye iyo mpanuka iba bavuze ko uwo mugabo yari yarengeje umuvuduko kuburyo yagezeho akerenga umuhanda imodoka igahita ihirima.

Abo bana bitabye Imana umwe yari afite imyaka 21 undi afite 23

Uyu mu gabo wakoze impanuka yari atwaye imodoka yo mubwoko bwa Mitsubishi  harimo abantu barindwi, babiri aribo abo bahungu buwo mugabo bahita bitaba Imana abandi barakomereka bajyanwa mu bitaro.

Umuyobozi wa Polisi David Chileshe yemeje ayo makuru avuga ko nubwo uwo mugabo yakomeretse ndetse akaba yanagize ibyago byo gupfusha abana be, ngo namara gukira azashyikirizwa ubutabera akurikiranweho  gutwara imodoka arengeje umuvuduko.

Bagabo John

Umugabo yakoze impanuka abana be babiri bitaba Imana

Umugabo yakoze  impanuka abana be babiri bitaba Imana
Impanuka yahitanye abana babiri abandi batanu barakomereka.

Umugabo wo muri Zambia yari atwaye imodoka irimo abantu barindwi harimo n'abana be 2 baba hungu akora impanuka babiri bitabye Imana ni abahungu be abandi batanu barakomereka.

Ababonye iyo mpanuka iba bavuze ko uwo mugabo yari yarengeje umuvuduko kuburyo yagezeho akerenga umuhanda imodoka igahita ihirima.

Abo bana bitabye Imana umwe yari afite imyaka 21 undi afite 23

Uyu mu gabo wakoze impanuka yari atwaye imodoka yo mubwoko bwa Mitsubishi  harimo abantu barindwi, babiri aribo abo bahungu buwo mugabo bahita bitaba Imana abandi barakomereka bajyanwa mu bitaro.

Umuyobozi wa Polisi David Chileshe yemeje ayo makuru avuga ko nubwo uwo mugabo yakomeretse ndetse akaba yanagize ibyago byo gupfusha abana be, ngo namara gukira azashyikirizwa ubutabera akurikiranweho  gutwara imodoka arengeje umuvuduko.

Bagabo John