•     

Umugore afite abana batatu yabyaranye na Se kandi afite Umugabo

Ghana: Umugore ufite imyaka 35 yatunguye abantu ubwo yasangizaga abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga avuga afite Abana batatu yabyaranye na Se kandi afite Umugabo

Umugore afite abana batatu yabyaranye na Se kandi afite Umugabo
Afite Abana batatu ya byaranye na Se kandi afite Umugabo

Uyu mugore yavuze ko yagiranye ubushuti bw'ihariye na Se umubyara kugeza aho babyaranye Abana batatu kandi afite Umugabo

Ati" Mubyukuri nagiranye ubucuti bwihariye na Papa kugeza aho tubyarana Abana batatu, ikibabaje ni uko Umugabo wange azi ko abo bana ari abe. Gusa ntabwo ari abe ahubwo nababyaranye na Papa".

Mu kiganiro yagiranye na City Fm, uyu mugore utatangajwe amazina. Yavuze ko Se akunda ku musohokana kenshi kandi ngo Umugabo we ngo ntabwo bijya bimubabaza kuko aba azi ngo yagiye gusura Umubyeyi we

Uyu mugore ntabwo yigeze ahishura niba kubyarana na Se  byaraturutse kuba Umugabo we yaba afite ikibazo gituma atabyara.

Gusa abakurikira uyu mugore ku mbuga nkoranyambaga bavuze ko akwiriye kwaka Gatanya, mu gihe hari nabavuze ko  Irari nkiri rimaze kwiyongera mu Miryango.

Dore uko bamusubije

Bagabo John

Umugore afite abana batatu yabyaranye na Se kandi afite Umugabo

Umugore afite abana batatu yabyaranye na Se kandi afite Umugabo
Afite Abana batatu ya byaranye na Se kandi afite Umugabo

Ghana: Umugore ufite imyaka 35 yatunguye abantu ubwo yasangizaga abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga avuga afite Abana batatu yabyaranye na Se kandi afite Umugabo

Uyu mugore yavuze ko yagiranye ubushuti bw'ihariye na Se umubyara kugeza aho babyaranye Abana batatu kandi afite Umugabo

Ati" Mubyukuri nagiranye ubucuti bwihariye na Papa kugeza aho tubyarana Abana batatu, ikibabaje ni uko Umugabo wange azi ko abo bana ari abe. Gusa ntabwo ari abe ahubwo nababyaranye na Papa".

Mu kiganiro yagiranye na City Fm, uyu mugore utatangajwe amazina. Yavuze ko Se akunda ku musohokana kenshi kandi ngo Umugabo we ngo ntabwo bijya bimubabaza kuko aba azi ngo yagiye gusura Umubyeyi we

Uyu mugore ntabwo yigeze ahishura niba kubyarana na Se  byaraturutse kuba Umugabo we yaba afite ikibazo gituma atabyara.

Gusa abakurikira uyu mugore ku mbuga nkoranyambaga bavuze ko akwiriye kwaka Gatanya, mu gihe hari nabavuze ko  Irari nkiri rimaze kwiyongera mu Miryango.

Dore uko bamusubije

Bagabo John