•     

Tanzania: Ijambo rya Perezida ryagize ingaruka kuba foromo n'ababyaza.

Nyuma y'umunsi umwe Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan yamaganye imyitwarire y’abakozi bashinzwe ubuzima mu kuvura abarwayi, akanama k’abaforomo n’ababyaza bo muri Tanzaniya (TNMC) kahagaritse ababyaza babiri bazira kurangarana abagore batwite.

Tanzania: Ijambo rya Perezida ryagize ingaruka kuba foromo n'ababyaza.
Ijambo rya Perezida Samia ryagize ingaruka ku baforomo n'ababyaza

Itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa gatatu, tariki ya 6 Nyakanga 2022 n’umwanditsi mukuru w’Inama Njyanama, Agnes Mtawa yavuze ko mu bihe bitandukanye ababyaza bananiwe gukurikiza imyitwarire mu mwuga wabo.
Kuburyo byagize ingaruka ku babyeyi  batwite.

Ati: “Inama Njyanama ibabajwe kandi yamaganye ibikorwa by'aba baforomo n'ababyaza binyuranyije n'amategeko agenga abaforomo n'ababyaza.

Ndetse  n'amahame n'imyitwarire yumwuga wabaforomo n'ababyaza muri Tanzaniya ko bibujijwe guta abarwayi.
Ku wa gatandatu.

Tariki ya 2 Kamena 2022 havuzwe ko Leticia hamwe  n’umukozi banze gukingurira umuryango abagore babiri batwite baje kubyara nijoro kubera ubwoba.

Bagabo John

Tanzania: Ijambo rya Perezida ryagize ingaruka kuba foromo n'ababyaza.

Tanzania: Ijambo rya Perezida ryagize ingaruka kuba foromo n'ababyaza.
Ijambo rya Perezida Samia ryagize ingaruka ku baforomo n'ababyaza

Nyuma y'umunsi umwe Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan yamaganye imyitwarire y’abakozi bashinzwe ubuzima mu kuvura abarwayi, akanama k’abaforomo n’ababyaza bo muri Tanzaniya (TNMC) kahagaritse ababyaza babiri bazira kurangarana abagore batwite.

Itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa gatatu, tariki ya 6 Nyakanga 2022 n’umwanditsi mukuru w’Inama Njyanama, Agnes Mtawa yavuze ko mu bihe bitandukanye ababyaza bananiwe gukurikiza imyitwarire mu mwuga wabo.
Kuburyo byagize ingaruka ku babyeyi  batwite.

Ati: “Inama Njyanama ibabajwe kandi yamaganye ibikorwa by'aba baforomo n'ababyaza binyuranyije n'amategeko agenga abaforomo n'ababyaza.

Ndetse  n'amahame n'imyitwarire yumwuga wabaforomo n'ababyaza muri Tanzaniya ko bibujijwe guta abarwayi.
Ku wa gatandatu.

Tariki ya 2 Kamena 2022 havuzwe ko Leticia hamwe  n’umukozi banze gukingurira umuryango abagore babiri batwite baje kubyara nijoro kubera ubwoba.

Bagabo John